• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’uko perezida w’u Rwanda aganiriye na mugenzi we Salva Kiir, mu karere hitezwe amahoro.

minebwenews by minebwenews
February 23, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’uko perezida w’u Rwanda aganiriye na mugenzi we Salva Kiir, mu karere hitezwe amahoro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, baganiriye ku bibazo by’u garije akarere, harimo n’u mutekano muke w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni ibiganiro kandi bya nitabiriwe n’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC), Pater Mathuki. Aba bayobozi bunguranye ibitekerezo ku kamaro ko gukemura impamvu shingiro z’u mutekano muke mu bihugu bigize uy’u muryango.

Ibi biganiro kandi byagarutse no kundangagaciro z’u bunyamuryango no kubazwa inshingano mu mikorere y’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba.

Ibiganiro bya huje perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Salva Kiir, bya baye kuri uyu wa Kane, tariki ya 22/02/2024, hari igihe c’isaha z’umugoroba, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Ay’amakuru yemejwe n’itangazo perezidansi y’u Rwanda yashize hanze mu ijoro ryo k’uwa Kane, rishira kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 23/02/2024.

Ni itangazo rigira riti: “Muri uy’u mugoroba muri Urugwiro Village, perezida Kagame yagiranye i biganiro na Chairperson w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, n’itsinda rye ririmo Dr. Peter Mathuki, umunyamabanga mukuru wa EAC.”

Iryo tangazo ry’Urugwiro Village, rikomeza rivuga riti: “Baganiriye ku kamaro ko gushakira hamwe umuti w’intandaro by’u mutekano mucye mu karere, ndetse no gukomeza kubahiriza ihame ryo kwihuriza hamwe no kubazwa inshingano bigomba kwimakazwa mu muryango w’Afrika y’iburasirazuba.”

Biteganijwe ko kandi perezida Salva Kiir Mayardit nyuma yo kuganira na perezida w’u Rwanda, yerekeza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaza kubonana na perezida w’icyo gihugu Félix Tshisekedi Tshilombo, nk’uko uyu mukuru w’igihugu cya RDC yabitangaje ubwo yari mu kiganiro na banyamakuru i Kinshasa, kuri uyu wa Kane.

Tu bibutsa ko perezida Félix Tshisekedi wari usanzwe ari rimba intambara, kuri ubu bidasanzwe ya yobotse inzira ya mahoro, aho yivugiye wenyine ko yemeye kuyoboka inzira y’ibiganiro, ndetse ko ubu harimo inzira zirimo gukorwa n’umuryango wa EAC, ko kandi ategereje kwa kira Salva Kiir uyoboye uwo muryango, avuga ko amwakira avuye i Kigali, nyuma ngwa zakomereza n’i Burundi kuganira na perezida Evariste Ndayishimiye.

Nta kindi kirimo kugendererwa ni ugushakira akarere amahoro n’umutekano, ni mu gihe M23 yari maze gufata ibice byinshi kandi byingenzi, byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

Ibi bice M23 ya byambuye ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n’Ingabo zaje gufasha igisirikare cy’iki gihugu, nk’i zi Burundi, iza SADC, zirimo izavuye mu gihugu cya Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

               MCN.
Tags: Aganiriye na Salva KiirMukarere hitezwe amahoroNyuma y'uko perezida w'u Rwanda Paul Kagame
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa yamaganye itangazo mpimbano ryi yitirira uwo mutwe, rikomeje gukwirakwiza mu binyamakuru bitandukanye.

Umuvugizi wa yamaganye itangazo mpimbano ryi yitirira uwo mutwe, rikomeje gukwirakwiza mu binyamakuru bitandukanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?