Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 6, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni mu kiganiro perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagiranye n’ikinyamakuru cya Le Figaro cyo mu gihugu cy’u Bufaransa.

Muri icyo kiganiro Paul Kagame yavuze ko kuba ari umwe mu bakuru b’ibihugu by’Afrika bamaze igihe kirekire ku butegetsi, biri mu bituma bamwita umunyagitugu.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda avuga ko ku bamwita umunyagitugu ntawe ateganya gusaba imbabazi z’icyo ari cyo cyangwa icyo akwiye gukorera Abanyarwanda.

Yagize ati: “Ni uburenganzira bwabo ku nita umunyagitugu, icyakora sinzi icyo bashingiraho banyita gutyo. Sinshobora gusaba imbabazi z’icyo ndi cyo cyangwa se icyo nteganya gukorera igihugu cyanjye.”

Yakomeje agira ati: “Nta munsi n’umwe nigeze ntekereza ko umunsi umwe nzaba ndi hano nka perezida, byaje nk’i mpanuka. Ndababwiza ukuri, hari ibintu utagiramo uruhare, ibintu utashobora kugena uko bigenda ariko uko byamera kose bikaba, nk’uku ndi hano.”

Abanyamakuru ba Le Figaro ba mubajije niba azakomeza kuyobora u Rwanda kugeza 2034 nk’uko abyemererwa n’itegeko nshinga, Kagame yasubije ko i shyaka rya RPF inkotanyi ari ryo rizabigena.

Ati: “I shyaka ryanjye niryo rizafata umwanzuro niba nziyamamaza mu matora yo mu kwezi kwa karindwi. Ku byahazaza byo ntabwo mbizi. Niyo naba nshaka kugeza icyo gihe sinjye wabifatira umwanzuro njyenyine.”

Ibi Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ya bibajijwe mu gihe ibinyamakuru byinshi byo mu bihugu byo hanze y’Afrika bikunze kuvuga ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame ayoborana igitugu. Ni bikunzwe kuvugwa kandi n’abamwe mu banyapolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda. Gusa Paul Kagame muri iki kiganiro yakunze kuvuga ko atazi impamvu abamwita umunyagitugu ba bimwitira.

         MCN.
Tags: Paul KagameUmukuru w'igihugu cy'u RwandaYagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Menya agace ka Somikivu, aho M23 isatira igana, nyuma y’uko ba mbuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa centre ikomeye ya Nyanzale.

Menya agace ka Somikivu, aho M23 isatira igana, nyuma y'uko ba mbuye ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa centre ikomeye ya Nyanzale.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?