• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu.

minebwenews by minebwenews
March 6, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ni mu kiganiro perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagiranye n’ikinyamakuru cya Le Figaro cyo mu gihugu cy’u Bufaransa.

Muri icyo kiganiro Paul Kagame yavuze ko kuba ari umwe mu bakuru b’ibihugu by’Afrika bamaze igihe kirekire ku butegetsi, biri mu bituma bamwita umunyagitugu.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda avuga ko ku bamwita umunyagitugu ntawe ateganya gusaba imbabazi z’icyo ari cyo cyangwa icyo akwiye gukorera Abanyarwanda.

Yagize ati: “Ni uburenganzira bwabo ku nita umunyagitugu, icyakora sinzi icyo bashingiraho banyita gutyo. Sinshobora gusaba imbabazi z’icyo ndi cyo cyangwa se icyo nteganya gukorera igihugu cyanjye.”

Yakomeje agira ati: “Nta munsi n’umwe nigeze ntekereza ko umunsi umwe nzaba ndi hano nka perezida, byaje nk’i mpanuka. Ndababwiza ukuri, hari ibintu utagiramo uruhare, ibintu utashobora kugena uko bigenda ariko uko byamera kose bikaba, nk’uku ndi hano.”

Abanyamakuru ba Le Figaro ba mubajije niba azakomeza kuyobora u Rwanda kugeza 2034 nk’uko abyemererwa n’itegeko nshinga, Kagame yasubije ko i shyaka rya RPF inkotanyi ari ryo rizabigena.

Ati: “I shyaka ryanjye niryo rizafata umwanzuro niba nziyamamaza mu matora yo mu kwezi kwa karindwi. Ku byahazaza byo ntabwo mbizi. Niyo naba nshaka kugeza icyo gihe sinjye wabifatira umwanzuro njyenyine.”

Ibi Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ya bibajijwe mu gihe ibinyamakuru byinshi byo mu bihugu byo hanze y’Afrika bikunze kuvuga ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame ayoborana igitugu. Ni bikunzwe kuvugwa kandi n’abamwe mu banyapolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda. Gusa Paul Kagame muri iki kiganiro yakunze kuvuga ko atazi impamvu abamwita umunyagitugu ba bimwitira.

         MCN.
Tags: Paul KagameUmukuru w'igihugu cy'u RwandaYagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Menya agace ka Somikivu, aho M23 isatira igana, nyuma y’uko ba mbuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa centre ikomeye ya Nyanzale.

Menya agace ka Somikivu, aho M23 isatira igana, nyuma y'uko ba mbuye ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa centre ikomeye ya Nyanzale.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?