• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu.

minebwenews by minebwenews
March 6, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu.

Ni mu kiganiro perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagiranye n’ikinyamakuru cya Le Figaro cyo mu gihugu cy’u Bufaransa.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Muri icyo kiganiro Paul Kagame yavuze ko kuba ari umwe mu bakuru b’ibihugu by’Afrika bamaze igihe kirekire ku butegetsi, biri mu bituma bamwita umunyagitugu.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda avuga ko ku bamwita umunyagitugu ntawe ateganya gusaba imbabazi z’icyo ari cyo cyangwa icyo akwiye gukorera Abanyarwanda.

Yagize ati: “Ni uburenganzira bwabo ku nita umunyagitugu, icyakora sinzi icyo bashingiraho banyita gutyo. Sinshobora gusaba imbabazi z’icyo ndi cyo cyangwa se icyo nteganya gukorera igihugu cyanjye.”

Yakomeje agira ati: “Nta munsi n’umwe nigeze ntekereza ko umunsi umwe nzaba ndi hano nka perezida, byaje nk’i mpanuka. Ndababwiza ukuri, hari ibintu utagiramo uruhare, ibintu utashobora kugena uko bigenda ariko uko byamera kose bikaba, nk’uku ndi hano.”

Abanyamakuru ba Le Figaro ba mubajije niba azakomeza kuyobora u Rwanda kugeza 2034 nk’uko abyemererwa n’itegeko nshinga, Kagame yasubije ko i shyaka rya RPF inkotanyi ari ryo rizabigena.

Ati: “I shyaka ryanjye niryo rizafata umwanzuro niba nziyamamaza mu matora yo mu kwezi kwa karindwi. Ku byahazaza byo ntabwo mbizi. Niyo naba nshaka kugeza icyo gihe sinjye wabifatira umwanzuro njyenyine.”

Ibi Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ya bibajijwe mu gihe ibinyamakuru byinshi byo mu bihugu byo hanze y’Afrika bikunze kuvuga ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame ayoborana igitugu. Ni bikunzwe kuvugwa kandi n’abamwe mu banyapolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda. Gusa Paul Kagame muri iki kiganiro yakunze kuvuga ko atazi impamvu abamwita umunyagitugu ba bimwitira.

         MCN.
Tags: Paul KagameUmukuru w'igihugu cy'u RwandaYagize icyavuga ku bamwita umunyagitugu

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Menya agace ka Somikivu, aho M23 isatira igana, nyuma y’uko ba mbuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa centre ikomeye ya Nyanzale.

Menya agace ka Somikivu, aho M23 isatira igana, nyuma y'uko ba mbuye ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa centre ikomeye ya Nyanzale.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro
  • RDC: Imirwano Ikomeye muri Masisi na Kalehe, Abaturage Batangiye Guhunga Imihana Yabo
  • RDC : Des frappes de drones signalées à Rugezi alors que les FARDC, les Wazalendo et l’armée burundaise seraient engagés dans des préparatifs militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?