• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya agace ka Somikivu, aho M23 isatira igana, nyuma y’uko ba mbuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa centre ikomeye ya Nyanzale.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2024
in Regional Politics
0
Menya agace ka Somikivu, aho M23 isatira igana, nyuma y’uko ba mbuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa centre ikomeye ya Nyanzale.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya agace ka Somikivu, aho M23 yerekeje nyuma y’uko yambuye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, centre ya Nyanzale yo muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Somikivu n’agace gacukurirwamo amabuye y’agaciro, kari muri teritware ya Rutsuru, ka kaba gaherereye mu birometre 100 mu majyaruguru y’iburengerazuba by’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Somikivu iri hafi na centre ya Nyanzale, icukurirwamo ibirombe by’amabuye y’agaciro bifatwa nk’i bya Kabiri nyuma ya Rubaya yo muri teritware ya Masisi, nayo iri mu maboko ya M23 ifatwa nk’i ya kabiri mu gihugu hose.

Amabuye y’agaciro acukurirwa mugace ka Lueshi ariho Somikivu, haboneka cyane ayitwa “Niobium,” akoreshwa mugukora ibyuma bidasanzwe, moteri z’indege, imiyoboro y’ibyogajuru, roketi z’i mbunda ziremereye n’izindi mbunda zirasa kure na hafi.

Aka gace niko M23 irimo gusatira iganamo, nyuma y’uko bafashe ibindi bice bikomeye, mu mirwano imaze iminsi ibiri ibera muduce tumwe turi muri Rutsuru utundi muri Masisi, nka Gatsiro, Mabenga, ibirindiro bikomeye bya gisirikare bya Majengo, Ngoroba na Kashalira.

Iy’i mirwano ikomeye yabaye kuva kumunsi wa Mbere w’iki Cyumweru, yabaye nyuma y’uko i Goma hari havuyemo i Nama idasanzwe y’abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu bifite abasirikare baje gufasha igisirikare cya leta ya Congo kurwanya M23.

Yabaye kandi mu gihe mu mpera z’i Cyumweru dusoje minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo yari yatangaje ko M23 ikomeje kugira imbaraga zidasanzwe, muri cyo gihe avuga ko uwo mutwe uhabwa ubufasha n’abimwe mu bihugu bituraniye RDC.

Kimwe ho ubuyobozi bwa M23 buhakana ko butagira ubufasha ubwari bwo bwose, hubwo bagashinja ingabo zihanganye nabo kurasa ibisasu biremereye, ba kabyohereza mu baturage.

Nibyo Lt Col Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, aheruka gutangaza ko Ingabo z’u mutwe wa M23 zikora ibishoboka byose zikarwana ku buturage mu gihe batewemo ibisasu by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Bizwi ko ingabo zo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania, ndetse n’izu Burundi ziri mu zifasha igisirikare cya Congo, hiyongereho kandi n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo n’indi mitwe y’amahanga nka Abacanshuro (Wagner), ariko M23 ibakubita inshuro nku kubita umuntu umwe.

          MCN.
Tags: Ibirombe by'amabuye y'agaciroIrasatira gufataM23Somikivu
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Bidasubirwaho i Gihugu cy’u Burusiya cyiyemeje gushigikira igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rugamba kirimo.

Bidasubirwaho i Gihugu cy'u Burusiya cyiyemeje gushigikira igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rugamba kirimo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?