• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane, ku bagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2024
in Regional Politics
0
Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane, ku bagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane kubagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni mu kiganiro Olive Lembe yagiranye n’abaturage bo mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru baheruka kuvanwa mu byabo kubera intarambara ihanganishije M23 n’igisirikare cya leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Iki kiganiro Olive Lembe yagikoze ahar’ejo, tariki ya 02/04/2024 i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yagize ati: “Mu sabwe gusenga cyane kugira ngo Imana ibagarurire Joseph Kabila Kabange, ku butegetsi bw’i Kinshasa. Joseph Kabila Kabange niwe wenyine wabashe kugarura amahoro akoresheje ikaramu, mu gihe cy’u buyobozi bwe.”

Ibi kandi byagarutsweho n’umujyanama wa Joseph Kabila mu byapolitike, bwana Barbara Nzambi, aho yavuze ko Kabila Kabange ari ngombwa kugaruka ku butegetsi.

Ati: “Ni ngombwa rwose ko Joseph Kabila Kabange agaruka ku butegetsi. Ubutegetsi bwa Tshisekedi ni ubutegetsi bw’i gitugu kandi butandukanye n’ubwa Joseph Kabila. Erega Joseph Kabila ni umudemokarate.”

Yongeye ho kandi ati: “Kuri ubu butegetsi bwa Tshisekedi nta cyiza tubwitezemo muri iki gihugu cyacu cyiza. Nta kabuza Joseph Kabila agomba kugaruka.”

Kuva Félix Tshisekedi ageze ku butegetsi intambara zahise zinjira maze gusubiranamo kwa moko bihabwa intebe ahanini mu Burasirazuba bwa RDC.

Urwango rushingiye ku moko byahawe umwanya kandi bishigikirwa n’abanyapolitike bari hafi ya Tshitambwe, abarimo ba Bitakwira Justin n’abandi aho bakangurira amoko y’Ababembe, Abapfulero n’abandi kwica no kugirira nabi Abatutsi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

         MCN.
Tags: GomaGusanga cyaneJoseph Kabila Kabange agaruke ku butegetsiOlive Lembe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Ousmane Sonko umaze iminsi mike avuye muri gereza, niwe wagenwe kuba minisitiri w’intebe muri leta ya perezida mushya.

Ousmane Sonko umaze iminsi mike avuye muri gereza, niwe wagenwe kuba minisitiri w'intebe muri leta ya perezida mushya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?