• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu gihe benshi bibaza ku ruzinduko rwa Lt General Masunzu yagiriye i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka.

minebwenews by minebwenews
April 20, 2024
in World News
0
Mu gihe benshi bibaza ku ruzinduko rwa Lt General Masunzu yagiriye i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe benshi bakomeje kwibaza ku ruzinduko rwa Lt General Pacique Masunzu yagiriye i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Lt Gen Pacifique Masunzu yageze i Bukavu ku murwa mu kuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ahagana ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 16/04/2024, nk’uko Minembwe Capital News yahawe amakuru n’abasirikare bahafi ye.

Gen Masunzu akuriye 2ème zone de defense mu buyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ubwo yari amaze kugera i Bukavu, ku mbuga nkoranya mbaga hacicyibikanye amakuru menshi avuga kuri we, amwe yavugaga ko yoba aje kuyobora Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, andi yavugaga ko agiye kuyobora urugamba rwo kurwanya M23 no gukorera operasiyo imitwe y’itwaje imbunda mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Epfo. Hari n’andi yavugaga ko aje ku kibazo kigize igihe kivugwa cya Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Théo Kasi Ngwabidje.

Minembwe Capital News yabwiwe ko uruzinduko General Masunzu arimo i Bukavu, rugamije gusura nyirabukwe nyuma y’uko Se, ubyara umudamu we amaze igihe kingana n’umwaka yitabye Imana.

Kuva icyo gihe akaba yari atarasura nyirabukwe, nk’uko iy’inkuru igera kuri Minembwe Capital News.

Uwahaye MCN iy’i nkuru yagize ati: “Nukuri yari yaje gusura nyirabukwe, no gushira indabyo ku mva ya sebukwe.”

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 17/04/2024, Lt Gen Pacifique Masunzu ari kumwe na Lt Col Frarank, nka Chief escort we, basuye imva ya sebukwe, bashiraho n’indabo.

Sebukwe, yari azwi kw’izina rya Mureta Erisha, yapfuye umwaka ushize, aguye i Bukavu akaba ari naho yashinguwe.

2ème zone de defense, General Masunzu ayoboye, zigizwe n’Intara icyenda, arizo Kasï Oriental, Kasai Central, Lomami, Sankuru, Haut-Lomami, Haut Katanga, Lualaba na Tanyika.

Binavugwa ko uruzinduko Masunzu yagiriye i Bukavu, ruzarangira ku Cyumweru, tariki ya 21/04/2024 aho azahita yurira indege asubira mu kazi i Lubumbashi.

              MCN.
Tags: BukavuGeneral MasunzuUruzinduko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Sobanukirwa byinshi ku ndwara(metathesiophobia) ituma benshi batinya impinduka, menya n’uko wayirwanya.

Sobanukirwa byinshi ku ndwara(metathesiophobia) ituma benshi batinya impinduka, menya n'uko wayirwanya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?