• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe ibindi by’imbitse ku gisasu Israel iheruka ku kurasa mu gihugu cya Iran.

minebwenews by minebwenews
April 22, 2024
in World News
0
Havuzwe ibindi by’imbitse ku gisasu Israel iheruka ku kurasa mu gihugu cya Iran.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibindi byimbitse ku gisasu Igisirikare cya Israel giheruka gutera ku butaka bwa Iran.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni gisasu cyatewe ku wa Gatanu tariki ya 19/04/2024, nk’uko byagiye bitangazwa n’ibitangaza makuru bitandukanye aho hari n’ibyatangaje ko ayo makuru atari yo, kwa hubwo Iran yikanze.

Ay’amakuru avuga kuri icyo gisasu yagiye ahindagurika, aya vuga ko Israel ari yo yagabye icyo gitero yari ashingiye ku kuba Israel yaratangaje ko Iran igomba kuzabona ingaruka zigitero iheruka kugaba kuri Israel.

Ntacyo Israel yigeze itangaza nyuma y’uko Iran yari maze kuyishinja gutera igisasu mu bice bizwi ko ari ibirindiro bikomeye by’Igisirikare cya Iran.

Dufatiye ku makuru yashizwe hanze n’urubuga rwa Theinteldrop.org rwatangaje ko rufite amakuru rwatohoje avuga ko Israel mu kurasa kiriya gisasu yakoresheje indege y’intambara yo mu bwoko bwa F-35 aho iyi ndege bayipakiye ibibunda biremereye n’ibisasu by’u bumara.

Iki gitangaza makuru ki vuga ko iyo ndege mukuja kurasa muri Iran yanyuze mukirere cy’u Burasirazuba bwa Israel, inyuze mu gihugu cya Jordania ibona kwa mbuka ku butaka bwa Iran.

Inkuru ikomeza ivuga ko iyo ndege yateye iki gisasu gifite ubuhanga bwo kuneka mu buryo cyari ki gamije kumenya ahantu hose habikiwe ibisasu bya kirimbuzi byo mu rwego rwo hejuru by’Igisirikare cya Iran.

Iki gitangaza makuru cya navuze ko Igisasu cya Israel cyari gifite ubushobozi bwo gusisinziriza ikorana buhanga ryose ry’igisirikare cya Iran.

Ariko ibi bikaba bitaragezweho nk’uko Israel yabyifuzaga, ngo kuko igisasu cya Israel cyaje kwitangwa na Air Force y’igisikare cy’u Burusiya.

Iki gitangaza makuru cyasoje ay’amakuru kivuga ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ahagana mu mwaka w’ 2023, ko nayo yigeze ku gerageza gusinziriza ibibunda biremereye bya Iran ikoresheje indege zikorana buhanga zari ziherereye mu birometre 7000.

                 MCN.
Tags: IbyimbitseKu gisasu Israel iheruka kugaba kuri Ira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zongeye gutangaza ko nta kindi cya mara intambara muri RDC usibye ibiganiro.

Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, zongeye gutangaza ko nta kindi cya mara intambara muri RDC usibye ibiganiro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?