• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Guverinoma ya Kenya, yafashye ingamba zikomeye zo kurwanya umwanda.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2024
in World News
0
Guverinoma ya Kenya, yafashye ingamba zikomeye zo kurwanya umwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Kenya bwa bujije ikoreshwa ry’imifuka ya pulasitike (amashashi) yafashaga mu gukusanya imyanda.

You might also like

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Ni itegeko ryasohotse bwa mbere muri 2017 ribuza amashashi ya pulasitike akoreshwa mungo no mu bucuruzi.Ibi Abanyakenya ntabwo bigeze ba byubahiriza muburyo bwo gukumira umwanda.

Urugero, umurwa mukuru w’igihugu cya Kenya, Nairobi utanga toni zigera ku 2,400 z’imyanda ikomeye yaburimunsi, icya gatanu cyawo kikaba ari plastike.

Ariko ubu, ubu birasa nkaho Kenya yateye indi ntambwe ikomeye mu kurwanya umwanda wamashashi na pulasitike.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imicungire y’ibidukikije (NEMA) cyatangaje ko kibujije ikoreshwa ry’imifuka ya pulasitike mu gukusanya imyanda hirya no hino mu gihugu, kivuga ko nyuma y’iminsi 90 ubwo ni nyuma y’itariki ya 08/04/2024, igihe itangazo ryatangwaga bwa mbere, imifuka ya pulasitike ntizoba iki cyemerwa ku masoko.

Byongeye kandi, imyanda yose ivanwa mungo, haba mu bigo bya leta n’abikorera ku giti cyabo, imikorere n’ibikorwa, igomba gutandukanywa igashyirwa mu mifuka y’imyanda ya bugenewe.

                    MCN.
Tags: KenyaYafashe ingamba zo gukumira umwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails
Next Post
I Kigali mu Rwanda, hateraniye inama yanyuma itegura imyitozo ya “ushirikiano imara.”

I Kigali mu Rwanda, hateraniye inama yanyuma itegura imyitozo ya "ushirikiano imara."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?