• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Kinshasa, ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila, imishahara yabo yahagaritswe.

minebwenews by minebwenews
April 27, 2024
in Regional Politics
0
Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Kinshasa, ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila, imishahara yabo yahagaritswe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila wahoze ari perezida muri icyo gihugu, leta ya hagaritse imishahara yabo.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Ni itegeko rya tanzwe kuri uyu wa Gatanu, ritanzwe na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo.

Perezida Félix Tshisekedi yavuze ko kubera ko Joseph Kabila Kabange atakiri mu gihugu bigomba gutuma abakozi bose harimo n’abasirikare bakoreraga mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila Kabange ibihembo bahabwaga na Guverinoma ya Kinshasa bigomba guhagarara guhera ubwo.

Avuga ko Joseph Kabila wahoze ari Umukuru w’igihugu ko yavuye mu gihugu muburyo butemewe n’amategeko, bityo ko na leta itagomba guhemba abakozi bo mu rugo iwe.

Joseph Kabila Kabange yavuye muri RDC mu ntangiriro z’u kwezi dusoje kwa Gatatu. Akimara kugenda leta ya Kinshasa binyuze ku munyamabanga mukuru w’ishyaka riri k’ubutegetsi rya UDPS, Augustin Kabuya yahise asohora itangazo avuga ko yahunze igihugu ko kandi yambukiye ku butaka bw’u Rwanda.

Ku rundi ruhande ubuyobozi bw’i shyaka rya PPRD ari ryo rya Joseph Kabila bo bamaganye ibyatangajwe na Augustin Kabuya bavuga ko Joseph Kabila yagiye muburyo bwemewe ko kandi ari gukurikirana ibya masomo ye, mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

Kuva umwaka ushize byakomeje gutangazwa ko Joseph Kabila ari gukurikirana ibya masomo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, ko ndetse ashaka gusoza icyiciro cyanyuma cy’i doctora.

Gusa imyaka igiye kuba itatu ubutegetsi bwa Tshisekedi bukomeje gushinjwa guhohotera Abanyapolitiki batavuga rumwe n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo abicwa, abafungwa, ndetse hakaba hari n’abagiye baburirwa irengero.

        MCN.
Tags: Abakozi n'abasirikareImishahara yabo yahagaritsweJoseph KabilaKu rugo rwa Joseph Kabila
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bakandida biyayamariza kumwanya wa guverineri w’i Natara ya Kinshasa, yasezeranije gusenya amakanisa.

Umwe mu bakandida biyayamariza kumwanya wa guverineri w'i Natara ya Kinshasa, yasezeranije gusenya amakanisa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?