Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

M23 yanyomoje amakuru ya radio okapi avuga ko yateye ibisasu muri Kibirizi bigasiga bihitanye abasivile.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 28, 2024
in World News
1
M23 yanyomoje amakuru ya radio okapi avuga ko yateye ibisasu muri Kibirizi bigasiga bihitanye abasivile.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 wanyomoje amakuru yatangajwe na Radio Okapi avuga ko uwo mutwe wateye ibisasu muri Kibirizi bikagira abo byica n’abo bikomeretsa.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

M23 yanyomoje ay’amakuru binyuze ku muhuza bikorwa wayo, bwana Benjamin Mbonimpa, aho yakoresheje urubuga rwe rwa X, y’amagana ibya tangajwe na Radio Okapi.

Nk’uko radio okapi yari yatangaje n’uko yavuze ko ku munsi w’ejo hashize tariki ya 27/04/2024, M23 yateye ibisasu muri Kibirizi, ho muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bigasiga bihitanye abasivile babiri bikomeretsa abandi batatu.

Amakuru ya radio okapi akomeza avuga ko ibyo bisasu, bya nasenye n’amazu atatu y’abatutage ndetse ko byangirije n’ibirimo n’ibikorwa remezo.

Iy’i radio ikavuga ko ayo makuru yayavanye mu nzego zishinzwe umutekano.

Ibi nibyo Benjamin Mbonimpa wo muri M23 yise amakuru ya propaganda z’abanyamakuru ba korera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Yagize ati: “Nigute M23 ubwayo yo kwirasira muri Kibirizi, kandi ariyo ihagenzura kuva mbere? Ibyo ni propaganda z’u butegetsi bwa Kinshasa. Erega mwavuniye ibiti mu matwi no kumva ntimwumva.”

Yakomeje agira ati: “Ingabo za Kinshasa ziri gukora ibyaha muri Rwindi na Kibirizi ku gira ngo birukane M23.”

Ubutumwa bwa Benjamin Mbonimpa bunavuga ko Kibirizi kugeza ubu ikigenzurwa na M23, bityo ko ibitero ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa byagabwe mu birindiro byabo n’ahatuwe n’abaturage ko kandi aribyo byasenyeye abaturage byica abasivile bagera kuri 2 bikomeretsa abarenga batatu.

Ibyo bitero bya FARDC, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, abacanshuro, FDLR na SADC byo ngeye gutuma abaturage bata izabo bamwe bahungira mu bihuru harimo n’abahungiye i Minova mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Imyaka igiye kuba itatu hari uguhangana gukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa. Ki mweho M23 ikomeje kuja imbere ari nako yirukana abo bahanganye, bigatuma ikomeza kwigarurira ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

          MCN.
Tags: AmakuruKibiriziM23Radio Okapiyanyomoje
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ibya jyanye perezida Félix Tshisekedi Tshilombo mu gihugu cy’u Budage, bya menyekanye.

Ibya jyanye perezida Félix Tshisekedi Tshilombo mu gihugu cy'u Budage, bya menyekanye.

Comments 1

  1. Butoto says:
    1 year ago

    Radio okapi ntaho itaniye na RTLM yo hambere mu Rwnda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?