• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Haravugwa urujijo rukomeye, ku barwanyi bagaragaye mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
May 5, 2024
in World News
0
Haravugwa urujijo rukomeye, ku barwanyi bagaragaye mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urujijo ku barwanyi bavuzwe mu Bibogobogo, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turi busoze kuri iki Cyumweru cyo ku itariki ya 05/05/2024, nibwo mu Muhana wa Bivumu, ho muri Bibogobogo utuwe n’Abapfulero wajemo Maï Maï ivuga ko yaje gushinga ibirindiro muri ibi bice, nk’uko amasoko yacu dukesha iy’inkuru abivuga.

Iyi Maï Maï yaje iturutse mu karere ka Masango ho muri Grupema ya Bijombo, muri teritware ya Uvira, ikavuga ko itaje ku rwana ko ahubwo ije gushakira amahoro Abapfulero n’Abanyindu baturiye ibyo bice bya Bibogobogo.

Ay’amakuru akavuga ko nyuma y’uko Maï Maï yarimaze kuvuga icyayizanye muri ibyo bice, abatware buyu Muhana bo mu bwoko bw’Abapfurelo bahise bayihakanira gushinga ibirindiro mu Muhana wabo, hubwo bayisaba gusubira iyo yaje iva, ngo kuko kuza kwabo ariyo ntambara. Nyuma yubwo iyi Maï Maï ntiyongeye kugaragara ari ko kandi ntawamenye irengero ryabo, nk’uko Minembwe Capital News yahawe ay’amakuru.

Amakuru amwe akavuga ko iyi Maï Maï ko yoba yaranyikiye mu mashyamba ari mu bice bya Bivumu ahatuwe n’abapfulero, andi makuru ateremezwa avuga ko iyi Maï Maï ko yari yoherejwe na Gumino ndetse bikanahwihwiswa ko uwitwa Fureko wo muri Gumino ko ari muri ibi bice mu buryo bw’ibanga.

Bikaba byanasobanuwe ko iyi Maï Maï yageze muri Bivumu igizwe n’abarwanyi 50 ko kandi ari ya bo mu bwoko bw’Abapfurelo, basanzwe bakorana byahafi na Gumino.

Ibyo bibaye mu gihe kandi Gumino ishinjwa kwinjiza Imbonerakure ruhishwa mu Kajembwe ho ku Ndondo ya Bijombo. Ibyo bikaba byaratangiye kuvugwa mu ntangiriro z’iki Cyumweru.

Icyakoze mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka, abarwanyi ba Gumino basabwe kuvana abarwanyi babo mu Rurambo kandi babisabwa n’Abapfulero. Ari nabwo uwiyita Colonel Alexis Nyamusaraba yahise yerekeza mu Kajembwe aho avuka, mu gihe Fureko icyegera cye, we yagumye mu Rurambo.

Tu bibutsa ko mu Bibogobogo ahavuzwe urujijo rutewe nabo barwanyi ba Maï Maï, ni agace gatuwe cyane n’Abanyamulenge, Abapfulero bake n’Abanyindu.

            MCN.
Tags: AbarwanyiBibogobogoFurekoGuminoMaï MaïUrujijo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Agace ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziri guhungiramo ko mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ka menyekanye.

Agace ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziri guhungiramo ko mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo ka menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?