• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za FARDC zo muri brigade ya 12 bakoze ibisa no gusezera abaturiye imisozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho bari basanzwe bakorera.

minebwenews by minebwenews
May 8, 2024
in World News
0
Ingabo za FARDC zo muri brigade ya 12 bakoze ibisa no gusezera abaturiye imisozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho bari basanzwe bakorera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba leta ya Kinshasa bo muri brigade ya 12 bakoze ibisa no gusezera abaturiye imisozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho bari basanzwe bakorera.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni ukuva mu mpera z’i Cyumweru gishize nibwo hatangiye kuvugwa amakuru ko ingabo za FARDC zo muri brigade ya 12 ifite icicyaro gikuru mu Minembwe ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nk’uko Minembwe Capital News yabibwiye n’abaturage baturiye ibyo bice.

Ay’amakuru akavuga ko iz’i ngabo ko zaba zigiye kuvanwa mu Minembwe zikaba zigiye koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru ahari kubera urugamba rugize imyaka irenga ibiri ruhanganishije igisirikare cy’igihugu cya Congo n’Ingabo zo mu mutwe wa M23.

Nk’uko Minembwe Capital News yahawe ay’amakuru n’uko muri bimwe bigaragaza ko iz’i ngabo zigiye kuvanwa mu Minembwe harimo ko ubwabo abasirikare bari kubibwira abaturage ndetse ko bakomeje kugurisha na bimwe mu bikoresho bakoreshaga ahanini byifashishwa mu ngo.

Ikindi n’uko iz’i ngabo mu kugurisha ibikoresho babigurisha ku giciro cyohasi cyane.

Mu buhamya twahawe buvuga ko ibikoresho iz’i ngabo ziri kugurisha harimo Matela, Solar n’ibindi bikoresho bikoreshwa munzu.

Iyi brigade ikaba iyobowe na Briga Gen Andre Ohenzo, watangiye ku yiyobora tariki ya 12/02/2023, nyuma y’urupfu rwa Brig Gen Patrick wahoze ayiyoboye.

        MCN.
Tags: Bakoze ibisa no gusezeraBrigade ya 12FardcMu Minembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Ibibomba byahitanye abantu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo birashwe n’ingabo z’u Burundi kubufatanye n’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibibomba byahitanye abantu mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo birashwe n'ingabo z'u Burundi kubufatanye n'ingabo z'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?