Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za FARDC zo muri brigade ya 12 bakoze ibisa no gusezera abaturiye imisozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho bari basanzwe bakorera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 8, 2024
in World News
0
Ingabo za FARDC zo muri brigade ya 12 bakoze ibisa no gusezera abaturiye imisozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho bari basanzwe bakorera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba leta ya Kinshasa bo muri brigade ya 12 bakoze ibisa no gusezera abaturiye imisozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho bari basanzwe bakorera.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni ukuva mu mpera z’i Cyumweru gishize nibwo hatangiye kuvugwa amakuru ko ingabo za FARDC zo muri brigade ya 12 ifite icicyaro gikuru mu Minembwe ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nk’uko Minembwe Capital News yabibwiye n’abaturage baturiye ibyo bice.

Ay’amakuru akavuga ko iz’i ngabo ko zaba zigiye kuvanwa mu Minembwe zikaba zigiye koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru ahari kubera urugamba rugize imyaka irenga ibiri ruhanganishije igisirikare cy’igihugu cya Congo n’Ingabo zo mu mutwe wa M23.

Nk’uko Minembwe Capital News yahawe ay’amakuru n’uko muri bimwe bigaragaza ko iz’i ngabo zigiye kuvanwa mu Minembwe harimo ko ubwabo abasirikare bari kubibwira abaturage ndetse ko bakomeje kugurisha na bimwe mu bikoresho bakoreshaga ahanini byifashishwa mu ngo.

Ikindi n’uko iz’i ngabo mu kugurisha ibikoresho babigurisha ku giciro cyohasi cyane.

Mu buhamya twahawe buvuga ko ibikoresho iz’i ngabo ziri kugurisha harimo Matela, Solar n’ibindi bikoresho bikoreshwa munzu.

Iyi brigade ikaba iyobowe na Briga Gen Andre Ohenzo, watangiye ku yiyobora tariki ya 12/02/2023, nyuma y’urupfu rwa Brig Gen Patrick wahoze ayiyoboye.

        MCN.
Tags: Bakoze ibisa no gusezeraBrigade ya 12FardcMu Minembwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ibibomba byahitanye abantu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo birashwe n’ingabo z’u Burundi kubufatanye n’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibibomba byahitanye abantu mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo birashwe n'ingabo z'u Burundi kubufatanye n'ingabo z'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?