Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku bisasu byatewe i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 11, 2024
in World News
0
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku bisasu byatewe i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku bisasu byatewe i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni mu butumwa yatanze bwo guhumuriza Abarundi nyuma y’uko mu joro ryaraye rikeye i Bujumbura hatewe ibisasu bya grenade.

Ibi bisasu bikaba byaratewe mu gace ka Gasenyi, ahahoze isoko nkuru ya Bujumbura.

Iki gitero cyasize gihitanye abantu batari bake, nk’uko byagiye bitangazwa n’ibitangaza makuru byo mu gihugu cy’u Burundi.

Urubuga rwa King Murundi rusanzwe rukurikirana ibibera mu Burundi, rwo rwatangaje ko “igisasu cya grenade cyaturikiye muri parking yo mu mujyi rwagati i Bujumbura; ruvuga ko byabaye ahagana mu masaha y’ijoro. Ruvuga ko kandi abo cyahitanye ko bataramenyekana. Gusa ngwa bantu bari rutse bakwira imishwaro kimwe n’imodoka.”

Uru rubuga rwa komeje rutangaza ko nyuma y’iturika ry’ibisasu, abantu bagize ubwoba bwinshi, ndetse polisi ikaba yarahise itangira gusaka muri aka gace katurikiyemo ibisasu.

Rwagize ruti: “Nibura abantu batatu bahasize ubuzima abandi 14 barakomereka muri iri turika ry’ibisasu.”

Bamwe mu baturage bo muri ako gace bavuze ko imodoka nyinshi za Polisi zagaragaye zizenguruka mu mujyi rwagati wa Bujumbura.

Nyuma y’amasaha make, ibyo bibaye, ikindi gisasu cyaturikiye hafi y’ikigo cya Polisi ishinzwe gucungira umutekano inzego, mu gace ka Ngagara.”

Nyuma y’iturika ry’ibyo bisasu, perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yahumurije abaturage, aho yakoresheje urubuga rwa x, agira ati: “Twihanganishije byimazeyo abakomerekeye mu bitero byagabwe n’iterabwoba byabereye ahahoze isoko rikuru rya Bujumbura.”

Yanaboneyeho no guhumuriza Abarundi, ndetse abizeza ko abari inyuma y’ibi bitero, bazafatwa bakabiryozwa.”

              MCN.
Tags: BujumburaEvariste NdayishimiyePerezida w'u BurundiYahumurije abaturage
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yemeje urupfu rwa komiseri Pierre Rombault Mwanamputu.

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yemeje urupfu rwa komiseri Pierre Rombault Mwanamputu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?