• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku bisasu byatewe i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu.

minebwenews by minebwenews
May 11, 2024
in World News
0
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku bisasu byatewe i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku bisasu byatewe i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni mu butumwa yatanze bwo guhumuriza Abarundi nyuma y’uko mu joro ryaraye rikeye i Bujumbura hatewe ibisasu bya grenade.

Ibi bisasu bikaba byaratewe mu gace ka Gasenyi, ahahoze isoko nkuru ya Bujumbura.

Iki gitero cyasize gihitanye abantu batari bake, nk’uko byagiye bitangazwa n’ibitangaza makuru byo mu gihugu cy’u Burundi.

Urubuga rwa King Murundi rusanzwe rukurikirana ibibera mu Burundi, rwo rwatangaje ko “igisasu cya grenade cyaturikiye muri parking yo mu mujyi rwagati i Bujumbura; ruvuga ko byabaye ahagana mu masaha y’ijoro. Ruvuga ko kandi abo cyahitanye ko bataramenyekana. Gusa ngwa bantu bari rutse bakwira imishwaro kimwe n’imodoka.”

Uru rubuga rwa komeje rutangaza ko nyuma y’iturika ry’ibisasu, abantu bagize ubwoba bwinshi, ndetse polisi ikaba yarahise itangira gusaka muri aka gace katurikiyemo ibisasu.

Rwagize ruti: “Nibura abantu batatu bahasize ubuzima abandi 14 barakomereka muri iri turika ry’ibisasu.”

Bamwe mu baturage bo muri ako gace bavuze ko imodoka nyinshi za Polisi zagaragaye zizenguruka mu mujyi rwagati wa Bujumbura.

Nyuma y’amasaha make, ibyo bibaye, ikindi gisasu cyaturikiye hafi y’ikigo cya Polisi ishinzwe gucungira umutekano inzego, mu gace ka Ngagara.”

Nyuma y’iturika ry’ibyo bisasu, perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yahumurije abaturage, aho yakoresheje urubuga rwa x, agira ati: “Twihanganishije byimazeyo abakomerekeye mu bitero byagabwe n’iterabwoba byabereye ahahoze isoko rikuru rya Bujumbura.”

Yanaboneyeho no guhumuriza Abarundi, ndetse abizeza ko abari inyuma y’ibi bitero, bazafatwa bakabiryozwa.”

              MCN.
Tags: BujumburaEvariste NdayishimiyePerezida w'u BurundiYahumurije abaturage
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yemeje urupfu rwa komiseri Pierre Rombault Mwanamputu.

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yemeje urupfu rwa komiseri Pierre Rombault Mwanamputu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?