Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda nta kurya umunwa, rwagaragaje impamvu leta y’u Burundi irushinja gutera ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 12, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda nta kurya umunwa, rwagaragaje impamvu leta y’u Burundi irushinja gutera ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kigali yanyomoje ibirego yashinjwaga n’u butegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi byo kugira uruhare mu iterwa ry’ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni bikubiye mu butumwa u Rwanda rwatanze rubiknyujije mu itangazo basohoye ku gicamunsi cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 12/05/2024.

Ubu butumwa u Rwanda rwatanze rubinyujije mu itangazo rugaragaza ko ntaho ruhuriye n’ibyo bitero, maze rusobanura ko ahubwo u Burundi gushinja u Rwanda ibyo bitero ari amayeri ya leta y’icyo gihugu yo kuyobya uburari ku bibazo bikomeye biri muri icyo gihugu.

Ibisasu byo mu bwoko bwa grenade byatewe i Bujumbura, ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 10/05/2024, aho byarasiwe mu duce dutandukanye two mu mujyi rwagati wa Bujumbura.

Nyuma leta y’iki gihugu yahise ibitangaza yemeza iki gitero; inasobanuro ko ibyo bisasu ko byakomerekeje abantu bagera ku 38.

Muri aba bantu 38 bakomeretse 5 nibo bakomeretse bikabije, nk’uko leta ya bivuze, ko kandi abakomeretse bahise bajanwa kuvurirwa mu bitaro byaho hafi.

Ibi bisobanuro bikomeza bishimangira ko leta y’u Burundi yataye muri yombi abarinyuma y’ubwo bugizi bwa nabi ko kandi batumwe na Red Tabara binyuze kuri leta y’u Rwanda itoza aba barwanyi ba Red Tabara.

Ibyo nibyo u Rwanda rwamaganye, hubwo rubyita amayeri akomeye u Burundi buri gukoresha ku bibazo biri imbere muri icyo gihugu.

Ibyo bibaye mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi nabo bakomeje kuvuga ko leta y’iki gihugu ariyo iri nyuma y’ibisasu bikomeje kuraswa i Bujumbura; bavuga ko leta iri gukora ibyo mu rwego rwo kurangaza amahanga, kubera ubukene iki gihugu gifite.

U Burundi bugize igihe bufite ubukene bwa lisansi (igitoro), n’ibindi bijanye n’inzara.

Ku rundi ruhande umutwe wa Red Tabara ushinjwa na leta y’u Burundi kugaba ibyo bitero wamaganye u Burundi, hubwo ushinja iki gihugu kurangaza Abanyagihugu.

Biri mu itangazo uwo mutwe waraye ushize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru.

Iryo tangazo rivuga riti: “Red Tabara irahakana yivuye inyuma ibyo leta y’u Burundi iyishinja kugira uruhare mu iterwa ry’ibisasu. Nta munsi n’umwe umutwe wa Red Tabara uzigera ubangamira inzira karengane z’abasivile.”

Iri tangazo risoza rivuga riti: “Ubutegetsi bw’u Burundi bwari bukwiye kwitaho ibibazo bikomeye bibangamiye iki gihugu, aho kwitoza gusamaza Abanyagihugu.”

        MCN.
Tags: Bubushinja gutera ibisasuBujumburaImpamvu u BurundiRugaragajeU Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Congo, riri mu marira menshi nyuma y’uko ku munsi w’ejo ryambuwe uduce twinshi two mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Congo, riri mu marira menshi nyuma y'uko ku munsi w'ejo ryambuwe uduce twinshi two mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?