• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byibuze abantu babiri nibo bapfuye abandi benshi barakomereka mu gisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Kalehe.

minebwenews by minebwenews
May 14, 2024
in World News
0
Byibuze abantu babiri nibo bapfuye abandi benshi barakomereka mu gisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Kalehe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byibuze abantu babiri nibo bapfuye abandi benshi barakomereka mu gisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 13/05/2024, ni bwo igisasu cya tewe i Minova, muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’ibanze bwo muri ibyo bice.

Amakuru avuga ko iki gisasu cyatewe i Minova ko ari icyo mubwoko bwa Locket, ko kandi cyahise cyitura muri centre hagati ya Minova.

Ay’amakuru y’ibanze avuga ko iki gisasu cyasize gihitanye abantu babiri bo mu muryango umwe, ko ndetse umwe yari umwana ukiri muto.

Amakuru akomeza avuga ko abandi bantu benshi, ariko bataratangazwa umubare barakomeretse barimo n’umubyeyi umwe wabahasize ubuzima bishwe na kiriya gisasu.

Ku ruhande rwa leta bashinja M23 kuba ari yo yateye kiriya gisasu, nubwo ntacyo ubuyobozi bwa M23 buragira icyo bubivugaho, gusa abaturage bo bavuga ko icyo gisasu cyatewe n’Ingabo zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ibyo bibaye mu gihe umubare wa bantu bahitanwe n’ibisasu byatewe mu nkambi ya Muganga wongeye kwiyongera, aho wavuye ku bantu 14 uja ku bantu 35 mu gihe abakomeretse nabo ari 46.

Inkambi y’impunzi iri i Mugunga yatewemo ibisasu ku itariki ya 03/05/2024, Abaturage baturiye ibyo bice bashinja ingabo z’iki gihugu kuba aribo zateye ibi bisasu muri iyi nkambi, n’ubwo leta yagiye ibihakana kenshi hubwo ikabyegeka ku mutwe wa M23.

       MCN.
Tags: bapfuyeByibuze abantu babiriIgisasuMinova
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye  muri Luna ho mu gihugu cya  RDC.

Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye muri Luna ho mu gihugu cya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?