Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byibuze abantu babiri nibo bapfuye abandi benshi barakomereka mu gisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Kalehe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2024
in World News
0
Byibuze abantu babiri nibo bapfuye abandi benshi barakomereka mu gisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Kalehe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byibuze abantu babiri nibo bapfuye abandi benshi barakomereka mu gisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 13/05/2024, ni bwo igisasu cya tewe i Minova, muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’ibanze bwo muri ibyo bice.

Amakuru avuga ko iki gisasu cyatewe i Minova ko ari icyo mubwoko bwa Locket, ko kandi cyahise cyitura muri centre hagati ya Minova.

Ay’amakuru y’ibanze avuga ko iki gisasu cyasize gihitanye abantu babiri bo mu muryango umwe, ko ndetse umwe yari umwana ukiri muto.

Amakuru akomeza avuga ko abandi bantu benshi, ariko bataratangazwa umubare barakomeretse barimo n’umubyeyi umwe wabahasize ubuzima bishwe na kiriya gisasu.

Ku ruhande rwa leta bashinja M23 kuba ari yo yateye kiriya gisasu, nubwo ntacyo ubuyobozi bwa M23 buragira icyo bubivugaho, gusa abaturage bo bavuga ko icyo gisasu cyatewe n’Ingabo zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ibyo bibaye mu gihe umubare wa bantu bahitanwe n’ibisasu byatewe mu nkambi ya Muganga wongeye kwiyongera, aho wavuye ku bantu 14 uja ku bantu 35 mu gihe abakomeretse nabo ari 46.

Inkambi y’impunzi iri i Mugunga yatewemo ibisasu ku itariki ya 03/05/2024, Abaturage baturiye ibyo bice bashinja ingabo z’iki gihugu kuba aribo zateye ibi bisasu muri iyi nkambi, n’ubwo leta yagiye ibihakana kenshi hubwo ikabyegeka ku mutwe wa M23.

       MCN.
Tags: bapfuyeByibuze abantu babiriIgisasuMinova
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye  muri Luna ho mu gihugu cya  RDC.

Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye muri Luna ho mu gihugu cya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?