Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye muri Luna ho mu gihugu cya RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2024
in World News
0
Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye  muri Luna ho mu gihugu cya  RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye mu bice byo muri Luna ho mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ni kuri uyu wa Mbere tariki ya 13/05/2024, Abantu bagera ku icumi n’umwe bishwe na ADF-Nalu, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa Amani TV.

Rutangaza ko abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa ADF ku munsi w’ejo hashize biraye mu baturage baturiye agace ka Luna ho mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bica abasivile bagera ku icumi n’umwe.

Rugasobanura ko mu bishwe harimo abicishijijwe imihoro abandi batwikirwa mu mazu. Ay’amakuru atangwa nuru rubuga agahamya ko ubwo bugizi bwa nabi ko bwakoze na ADF.

Mu gihe kitarenze amezi atanu muri ibyo bice hamaze gupfa abantu babarirwa mu magana, abandi benshi bavanwe mu byabo harimo n’abagiye baburirwa irengero.

Ibyo bikorwa bibi bikorwa n’inyeshamba za ADF bikorerwa mu maso y’ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo.

Kimweho ubutegetsi bwa Kinshasa bwagiye bw’u mvikana mu matangzo ko bugiye gukora ibishoboka byose kugira ngo bugoboke abaturage n’ubwo ubwo bugizi bwa nabi bumaze igihe bukorerwa abasivile mu Ntara ya Ituri.

                MCN.
Tags: 11Abandi batwitsweAbantuBatemaguweBishweIcumi n'umweIturiLuna
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe ibindi byimbitse ku myiteguro y’urugamba, igisikare cya leta ya Kinshasa kigezeho yogutegura guhashya M23.

Hagaragajwe ibindi byimbitse ku myiteguro y'urugamba, igisikare cya leta ya Kinshasa kigezeho yogutegura guhashya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?