Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 15, 2024
in World News
0
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Amerika indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

N’indege yo mu bwoko Boeing 757 ya Donald Trump wahoze ari umukuru w’iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yakoze impanuka, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na Reuters.

Ivuga ko yagonganye n’indi ndege, ubwo yari imaze kugwa ku k’ibuga cy’indege mpuzamahanga cya West Palm Beach muri leta ya Florida.

Iki gitangaza makuru cya navuze ko iri gongana ryabayeho ubwo iyi ndege yari imaze kugwa ku k’ibuga neza nta kibazo ariko mu gihe yari iri kugendesha amapine hasi, igongesha ibaba ryayo ku y’ indi ndege ya Sosiyete itatangajwe izina gusa yo ntawari uyirimo

Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe iby’ingendo ryo mu kirere cyitwa Federal Aviation Administration cyahamije ko ibi byabaye ku Cyumweru, tariki ya 12/05/2024. Gusa kugeza ubu ntibiramenyekana niba ubwo iyo mpanuka yabaga Donald yaba yari ari muri yo ndege cyangwa atari ayirimo.

Amakuru avuga ko iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing, Donald Trump yayiguze mu 20011 amadolari y’Amerika agera ku 100 miliyoni. Ay’amakuru kandi avuga ko iyi ndege yafashije Donald Trump mu bikorwa byo kwiyamamariza kuba perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu 2016.

Ibi bibaye mu gihe Donald trump ari guhatanira kongera kuyobora Amerika, mu gihe kuri ubu atorohewe n’imanza aho aregwamo ibyaha byo kunyereza imisoro ndetse akaba kandi anaregwa gufata ku ngufu.

      MCN.
Tags: AmerikaBoeingDonald TrumpIndegeYakoze impanuka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu muruhame.

Minisitiri w'intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu muruhame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?