Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 15, 2024
in World News
0
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Amerika indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

N’indege yo mu bwoko Boeing 757 ya Donald Trump wahoze ari umukuru w’iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yakoze impanuka, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na Reuters.

Ivuga ko yagonganye n’indi ndege, ubwo yari imaze kugwa ku k’ibuga cy’indege mpuzamahanga cya West Palm Beach muri leta ya Florida.

Iki gitangaza makuru cya navuze ko iri gongana ryabayeho ubwo iyi ndege yari imaze kugwa ku k’ibuga neza nta kibazo ariko mu gihe yari iri kugendesha amapine hasi, igongesha ibaba ryayo ku y’ indi ndege ya Sosiyete itatangajwe izina gusa yo ntawari uyirimo

Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe iby’ingendo ryo mu kirere cyitwa Federal Aviation Administration cyahamije ko ibi byabaye ku Cyumweru, tariki ya 12/05/2024. Gusa kugeza ubu ntibiramenyekana niba ubwo iyo mpanuka yabaga Donald yaba yari ari muri yo ndege cyangwa atari ayirimo.

Amakuru avuga ko iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing, Donald Trump yayiguze mu 20011 amadolari y’Amerika agera ku 100 miliyoni. Ay’amakuru kandi avuga ko iyi ndege yafashije Donald Trump mu bikorwa byo kwiyamamariza kuba perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu 2016.

Ibi bibaye mu gihe Donald trump ari guhatanira kongera kuyobora Amerika, mu gihe kuri ubu atorohewe n’imanza aho aregwamo ibyaha byo kunyereza imisoro ndetse akaba kandi anaregwa gufata ku ngufu.

      MCN.
Tags: AmerikaBoeingDonald TrumpIndegeYakoze impanuka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu muruhame.

Minisitiri w'intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu muruhame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?