Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Indege yari twaye perezida w’igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 19, 2024
in World News
0
Indege yari twaye perezida w’igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indege yari twaye perezida w’igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni byatangajwe mu masaha make ashize, bitangajwe na televisiyo ya leta y’iki gihugu cya Iran.

Nk’uko yabitangaje yavuze ko indege ya Kajugujugu yari twaye umukuru w’iki gihugu, bwana Ebrahim Rais, yagize ikibazo gikomeye cyo kugwa.

Ivuga ko kandi amakuru arambuye iza kuyatangaza nyuma y’uko ubutabazi buzaba bwamaze kugera ahabereye impanuka.

Kugeza ubu leta y’iki gihugu iri gukora ibishoboka byose kugira ngo ahabereye impanuka y’indege yari twaye perezida w’iki gihugu cya Iran, bigere ku musozo mu buryo bwihuse.

Gusa, andi makuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri icyo gihugu, avuga ko iyi mpanuka, yabereye mu gace kari hafi na Jolfa, mu Ntara ya Iran yo mu Burasirazuba bwa Azaribayijan.

Ibyo bibaye nyuma y’uko hari hashize amasaha make, nka 24, perezida Ibrahim Raisi, avuye muri iki gihugu cy’igituranyi cya Azerbaijan, aho yari yitabiriye umuhango wo gufungura ku mugaragaragaro urugemero rwa perezida IIham Aliyev w’iki gihugu.

Kugeza ubu ntibaramenyekana uko ubuzima bwa perezida Ibrahim Raisi buhagaze.

        MCN
Tags: Indege yari twayeIranPerezida Ibrahim RaisiYakoze impanuka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Hari ibindi bya vuzwe kuri Christian Malanga washatse gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bikamuviramo urupfu.

Hari ibindi bya vuzwe kuri Christian Malanga washatse gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bikamuviramo urupfu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?