• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amafoto yumwe mu bagizwe minisitiri w’urubyiruko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2024
in World News
0
Amafoto yumwe mu bagizwe minisitiri w’urubyiruko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amafoto yumwe mu bagizwe minisitiri w’urubyiruko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ninyuma y’uko leta ya Kinshasa itangaje Guverinoma nshya, izina ryavuzwe cyane ku mbuga nkoranya mbaga n’irya madamu Noëlla Ayeganagato, wagizwe minisitiri w’urubyiruko.

Uyu mugore biravugwa ko mbere y’uko ahabwa uyu mwanya yahoze ashira amafoto ku mbuga nkoranya mbaga yambaye imyenda iteye isoni, iyo bavuga ko ikurura abagabo bapfuye imitima.

Nyuma y’uko ahawe kuyobora minisiteri y’urubyiruko muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, abenshi ku mbuga nkoranya mbaga bahise bahashira amashusho ye agaragaza imiterere ye, ayo yagiye asangiza abantu mbere.

Ntibyashiriye aho kuko bamwe bagiye banatangaza ko Noëlla atari akwiye guhabwa uriya mwanya ngo kuko atari intangarugero bagendeye kuri ayo mafoto n’amashusho.

Icyakora abandi bavuga ko buri wese agira ahashize hatari heza, bityo ko abantu bakwiye ku mushyigikira bakava mu bihuha n’amateka yakera.

Minisitiri w’urubyiruko, Noëlla Ayeganagato yavutse ku ya 25/12/1994 i Kinshasa yiga amashuri bisanzwe nk’abandi aho yabonye impamyabumenyi ya leta mu bijanye n’ubucuruzi mu kigo cy’ishuri rya Les Mickey, hanyuma abona impamyabumenyi ihanitse mu bumenyi bw’ubukungu muri universitie Protestante au Congo.

Kwinjira kwe muri politiki byabaye mu 2018, aho yahise yinjira mu ishyaka rya FIDEC(front des independents democrates Chretiens), ishyaka rya politiki rya Fifi Masuka, nyuma agirwa umuyobozi w’ungirije wa Komine ya Ngaliema guhera mu 2022.

Ibinyamakuru byo muri Kinshasa bivuga ko ubwitange, ubutwari no gukunda igihugu aribyo bya muranze mu gihe yamaze kuri uyu mwanya.

Uyu mudamu avuka mu Ntara ya Bas-Uele, anazwiho kuba yarashinze umuryango witwa “ELAKA” mu 2019, ugamije gutera inkunga imfubyi n’abakobwa babyaye inda z’ibinyendaro.

Ikindi n’uko Noëlla Ayeganagato amaze imyaka icumi ari umunyamuryango w’itorero rya La Présence de Dieu.

             MCN.
Tags: Kumbuga nkoranya mbagaMinisitiri w'urubyirukoNoëlla Ayeganagato
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Rwanda zitabiriye imyitozo ya gisirikare yo ku rwego rwo hejuru iri kubera mu gihugu cya Türkiya.

Ingabo z'u Rwanda zitabiriye imyitozo ya gisirikare yo ku rwego rwo hejuru iri kubera mu gihugu cya Türkiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?