Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za FARDC n’abambari bazo, zagabye igitero ahatuwe n’abaturage benshi maze M23 iza kuzibabaza iri ku rwanirira abaturage.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 13, 2024
in World News
0
Ingabo za FARDC n’abambari bazo, zagabye igitero ahatuwe n’abaturage benshi maze M23 iza kuzibabaza iri ku rwanirira abaturage.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za FARDC n’abambari bazo, zagabye igitero ahatuwe n’abaturage benshi maze M23 iza kuzibabaza iri ku rwanirira abaturage.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni igitero Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zagabye zikoresheje imbaraga z’u murengera birangira abarwanyi ba M23 bagisubije inyuma, nk’uko n’ubundi bahora ba bigenza mu ntambara zigize igihe zihanganishije impande zombi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokoarasi ya Congo.

Amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko iki gitero ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa zagabye mu gitondo cy’uyumunis ko byari mu gihe c’isaha z’urukerera rwo kuri uyu wa Kane, ko kandi rya kigabye mu gace ka Butalongola, ha herereye mu birometre nka 9 uvuye muri centre ya Kanyaboyonga.

Byanavuzwe ko muri iki gitero ko cyumvikanyemo urusaku rw’imbunda ziremereye hamwe n’into.

Nyuma y’uko iri huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ziteye ibisasu biremereye muri aka gace ka Butalongola gasanzwe kari gatuwe cyane n’abaturage, ingabo zo mu mutwe wa M23 zari zisanzwe mu nkengero zako, zirwanyeho, kandi zirwanirira n’abaturage maze zibabaza iri huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokoarasi ya Congo, ni mu gihe zarasaga umwanzi wazo zitabebera.

Amakuru yacu avuga ko M23 yabashye gusubiza inyuma iki gitero kandi abenshi mu ngabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa bahasiga ubuzima. Kimweho nta mubare urabashya ku menyekana wabaguye muri iki gitero, gusa umwe mu barwanyi ba M23 yabwiye MCN ko u ruhande rwa leta rwaguyemo abasirikare batari munsi ya 43.

Ibi bibaye mu gihe kuri uyu wa Kabiri, minisitiri w’intebe wa Congo, Judith Suminwa yari yatangaje ko leta ye igiye gukora ibishoboka byose ikarangiza umutwe wa M23. Gusa yirinze kuvuga ko mu kurangiza uyu mutwe hazaba gukoreshwa imbaraga za gisirikare.

                MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCKanyaboyongaM23Yababaje
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi yagize ibyategeka nyuma y’uko habaye impanuka y’ubwato yahitanye abantu benshi muri RDC.

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibyategeka nyuma y'uko habaye impanuka y'ubwato yahitanye abantu benshi muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?