Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

M23 yafashe uduce turi muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 28, 2024
in World News
0
Ubutegetsi bwa Kinshasa  bwatangaje icyo bugiye gukora nyuma y’uko umutwe wa M23 ugize igihe warajegeje ubwo butegetsi ndetse ukaba unamaze kubohoza uturere twinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe uduce turi muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni uduce tugera muri tubiri two muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nitwo Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zimaze kwigarurira muri iki gitondo cyo ku wa Gatanu, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Uduce tuvugwa ko twigaruriwe na m23, hari akitwa Kimaka ko kafashwe mu masaha make ashize yo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28/06/2024 na gace ka Miriki ko zakagezemo kuva ku mu goroba w’ejo hashize, ariko zifataho agace gato, mu gihe uyumunsi ho byarangiye aka gace zikigaruriyekose.

Ay’amakuru akomeza avuga ko indi mirwano ikomeye yazindutse ibera mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, hagati y’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa na m23.

Binavugwa kandi ko iyi mirwano iri gusatira mu buryo budasanzwe igana muri centre rwagati ya Kanyabayonga ifite ubutaka bumwe bukora muri teritware ya Lubero ubundi muri Rutshuru.

Ndetse kandi binavugwa ko muri centre ya Kanyabayonga Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ko zoba zamaze kuyivamo, ni mu gihe hari amakuru avuga ko m23 yamaze kwigarurira udusozi twose dukikije iyi centre y’ingenzi yo muri Lubero.

Ku rundi ruhande indi mirwano ikaze ihanganishije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta iri kubera mu bice byo muri teritware ya Masisi, nka hitwa Remeka no mu nkengero zaka gace.

Amakuru yaka kanya avuga ko muri aka gace, ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, hazindutse humvikanamo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito. Kandi ko kugeza nubu urwo rusaku rukirimo rw’umvikana.

Ibi bikomeje gutuma abaturage benshi bahunga aho bahunga berekeza mutundi duce tutari kuberamo intambara. Nk’uko ay’amakuru abisobanura nuko abahunze bari guhunga bava ahitwa Miriki, ho muri teritware ya Lubero na Remeka ho muri teritware ya Masisi.

                MCN.
Tags: KanyabayongaLuberoM23MasisiUduceYatwigaruriye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe imirima y’abaturage yasahuwe n’Ingabo za FARDC ku Ndondo ya Bijombo.

Havuzwe imirima y'abaturage yasahuwe n'Ingabo za FARDC ku Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?