Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mutualite y’Abanyamulenge baturiye i Mbarara muri Uganda, batoye ubuyobozi, ariko havuka akandi gashamyi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 9, 2024
in World News
0
Mutualite y’Abanyamulenge baturiye i Mbarara muri Uganda, batoye ubuyobozi, ariko havuka akandi gashamyi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mutualite y’Abanyamulenge baturiye i Mbarara muri Uganda, batoye ubuyobozi, ariko havuka akandi gashamyi.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Igihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 08/07/2024, Abanyamulenge baturiye i Mbarara mu gihugu cya Uganda batoye ubuyobozi bwabo, bubafasha kwiyegeranya no gufashyanya mu gihe cy’ibibazo.

Nk’uko iyi nkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice, ivuga ko “Frank Mine ariwe wongeye gutorerwa kuyobora iyi Mutualite y’Abanyamulenge i Mbarara, kandi ko yatowe ku bwiganze bwamajwi menshi, ku bayitabiriye.”

Robert Gatanazi wahoze n’ubundi yungirije Frank Mine muri manda ya mbere, yongeye gutorerwa uwo mwanya.

Ay’amatora y’itabiriwe n’abantu batari bake, nk’uko bigaragazwa n’ubutumwa bwa mashusho bwahawe Minembwe Capital News, aho bugaragaza abantu bakubise buzuye i salle yabereyemo icyo gikorwa cy’amatora. Kandi ay’amashusho agararamo abagabo bakuze, ndetse n’abakiri bato.

Ay’amatora ya Mutualite abaye mu gihe hari imwe mu miryango iyigize, ya yanenze, ikaba yari yifuzaga ko Frank Mine atongera kwiyamamaza. Ibi byatumye Mine aba umukandida umwe rukumbi.

Frank Mine amaze imyaka irenga ine ayoboye Mutualite y’Abanyamulenge i Mbarara. Harimo imyaka ibiri yamaze ari visi perezida aho yari yungurije Jaques Muhizi, ari nawe yaje gusimbura kuri uwo mwanya.

Atowe mu gihe, yari arangije manda y’imyaka ibiri.

Hagati aho, amakuru ava muri ibyo bice, avuga kandi ko “nyuma y’uko byari bimaze gutangazwa ko Frank Mine yongeye gutorerwa kuyobora Mutualite y’Abanyamulenge i Mbarara, ubwo byahise bitangira guhwihwiswa ko havutse irindi shyamyi ryi yise “Shikama Mbarara Mutualite.”

Ndetse bivugwa ko “ir’ishamyi rya maze kurema urubuga rwa Whatsapp ruzabafasha gutambutsa ibintu byabo.”

              MCN.
Tags: Akandi gashami kavutseBatoye ubuyoboziMbararaMine FrankMutualite y'Abanyamulenge
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
EAC iri gukora iyo bwakabaga ngwi mareho ibibazo bimwe na bimwe mu bihugu, harimo no kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

EAC iri gukora iyo bwakabaga ngwi mareho ibibazo bimwe na bimwe mu bihugu, harimo no kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?