• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mutualite y’Abanyamulenge baturiye i Mbarara muri Uganda, batoye ubuyobozi, ariko havuka akandi gashamyi.

minebwenews by minebwenews
July 9, 2024
in World News
0
Mutualite y’Abanyamulenge baturiye i Mbarara muri Uganda, batoye ubuyobozi, ariko havuka akandi gashamyi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mutualite y’Abanyamulenge baturiye i Mbarara muri Uganda, batoye ubuyobozi, ariko havuka akandi gashamyi.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Igihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 08/07/2024, Abanyamulenge baturiye i Mbarara mu gihugu cya Uganda batoye ubuyobozi bwabo, bubafasha kwiyegeranya no gufashyanya mu gihe cy’ibibazo.

Nk’uko iyi nkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice, ivuga ko “Frank Mine ariwe wongeye gutorerwa kuyobora iyi Mutualite y’Abanyamulenge i Mbarara, kandi ko yatowe ku bwiganze bwamajwi menshi, ku bayitabiriye.”

Robert Gatanazi wahoze n’ubundi yungirije Frank Mine muri manda ya mbere, yongeye gutorerwa uwo mwanya.

Ay’amatora y’itabiriwe n’abantu batari bake, nk’uko bigaragazwa n’ubutumwa bwa mashusho bwahawe Minembwe Capital News, aho bugaragaza abantu bakubise buzuye i salle yabereyemo icyo gikorwa cy’amatora. Kandi ay’amashusho agararamo abagabo bakuze, ndetse n’abakiri bato.

Ay’amatora ya Mutualite abaye mu gihe hari imwe mu miryango iyigize, ya yanenze, ikaba yari yifuzaga ko Frank Mine atongera kwiyamamaza. Ibi byatumye Mine aba umukandida umwe rukumbi.

Frank Mine amaze imyaka irenga ine ayoboye Mutualite y’Abanyamulenge i Mbarara. Harimo imyaka ibiri yamaze ari visi perezida aho yari yungurije Jaques Muhizi, ari nawe yaje gusimbura kuri uwo mwanya.

Atowe mu gihe, yari arangije manda y’imyaka ibiri.

Hagati aho, amakuru ava muri ibyo bice, avuga kandi ko “nyuma y’uko byari bimaze gutangazwa ko Frank Mine yongeye gutorerwa kuyobora Mutualite y’Abanyamulenge i Mbarara, ubwo byahise bitangira guhwihwiswa ko havutse irindi shyamyi ryi yise “Shikama Mbarara Mutualite.”

Ndetse bivugwa ko “ir’ishamyi rya maze kurema urubuga rwa Whatsapp ruzabafasha gutambutsa ibintu byabo.”

              MCN.
Tags: Akandi gashami kavutseBatoye ubuyoboziMbararaMine FrankMutualite y'Abanyamulenge
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
EAC iri gukora iyo bwakabaga ngwi mareho ibibazo bimwe na bimwe mu bihugu, harimo no kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

EAC iri gukora iyo bwakabaga ngwi mareho ibibazo bimwe na bimwe mu bihugu, harimo no kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?