Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuriro wadutse mu gihugu cya Afrika y’Epfo, wishe abantu batari bake.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 16, 2024
in World News
0
Umuriro wadutse mu gihugu cya Afrika y’Epfo, wishe abantu batari bake.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihugu cya Afrika y’Epfo abantu benshi bapfuye, barimo bazimya umuriro wadutse.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ni ku wa Mbere tariki ya 15/07/2024, inkongi y’umuriro yandutse itwika abakozi bagera kuri 6 aho bari kuzimya uy’u muriro, mu Ntara ya Kwa Zulu-Natal.

Amakuru yatanzwe n’ibiro bya bashinzwe ubutabazi muri icyo gihugu, avuga ko koko abakozi ba 6 bamaze kuvamo umwuka w’abazima kandi ko bapfuye ubwo barimo bazimya uwo muriro wadutse igihe c’isaha z’igicamunsi ku masaha yo muri icyo gihugu.

Ibi biro byanavuze kandi ko umuriro wadutse ari uwavuye mu mashyamba aherereye muri iyi Ntara ya kwa Zulu-Natal.

Kandi bavuga ko uwo muriro ushobora kuba watwitswe n’abahiga inyamanswa bitemewe n’amategeko muri ibyo bice byo mu mashyamba ya kwa Zulu-Natal.

Roland Robertson umuvugizi w’ibiro bishinzwe gutabara byihuse, yavuze ko abakozi batatu bahise bapfa muri ako kanya barimo bazimya umuriro mu mujyi wa Boston, uri mu birometro 130 uvuye mu mujyi wa Durban.

Mu gihe abandi bo baguye mu bitero aho bajanwe barembye.

Yavuze kandi ko mu batumye uriya muriro waduka ko nabo bashobora kuba baburiyemo ubuzima bwabo nyuma y’uko imirima y’abaturage yafatwaga n’iyi nkongi y’umuriro kandi ari yo bihishyagamo.

               MCN.
Tags: Afrika y'EpfoKwa Zulu-NatalumuriroWadutse
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Mu Bibogobogo hashyizweho imipaka y’agateganyo yaho Inka zizajya zigarukira ziragiwe.

Mu Bibogobogo hashyizweho imipaka y'agateganyo yaho Inka zizajya zigarukira ziragiwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?