Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Inka z’Abanyamulenge zari zarahungishirijwe mu Gatumba zatahutse i wabo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 23, 2024
in World News
0
Inka z’Abanyamulenge zari zarahungishirijwe mu Gatumba zatahutse i wabo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inka z’Abanyamulenge zari zarahungishirijwe mu Gatumba zatahutse i iwabo.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 22/07/2024, nibwo Inka z’Abanyamulenge zibarirwa muri magana abiri zarenze ku misozi ya Rurambo, ho muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Amakuru avuga ko iz’i nka zigera kuri magana abiri zari zarahungishirijwe mu Gatumba, ubwo ibitero bya Maï Maï na Red Tabara byarimo bica ibintu muri iyi misozi ya Rurambo, mu mpera z’u mwaka w’ 2021. Ibi bitero bikaba byarimo kugabwa mu Banyamulenge mu rwego rwo kubasenyera no kubangaza.

Ku wa Kane, itariki ya 18/07/2024, nibwo ziriya nka za mbukijwe umupaka wa Gatumba ziganishwa ku misozi ya Rurambo, nk’uko iy’i nkuru ikomeza ibivuga.

Bya nasobanuwe ko abari bazishoreye bahurutse mu Rurambo amahoro kandi n’izi nka zihuruka ari umukwiro zose uko zakuwe mu Gatumba zingana.

Gusa, abatanze ay’amakuru ntibavuze nyiri iz’i nka, usibye ko bivugwa ko ari iza Banyamulenge bo mu bice byo mu Rurambo.

Nubwo Abanyamulenge bo mu Rurambo bahuye n’intambara zikomeye mu myaka itatu ishize, ariko kandi, kugeza ubu abenshi baracyatuye muri aka gace, abandi batari bake barahunze, ndetse bamwe muri bo bambuka imipaka, utaretse n’abahungiye mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, nka hitwa Nyangenzi, Bwegera n’ahandi.

                MCN.
Tags: Inka z'AbanyamulengeZacyuweZari zarahungishijwe mu Gatumba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Amafaranga arenga Miliyoni yasanganwe imfungwa muri gereza i Kinshasa.

Amafaranga arenga Miliyoni yasanganwe imfungwa muri gereza i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?