Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 29, 2024
in Religion
0
Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Mbere y’igihe gito umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth ll atarapfa hari uwari wahanuye abinyujije ku rubuga rwa x avuga itariki azapfiraho kandi biba uko yabitangaje.

Uwabihanuye yitwa Logan Smith, muri izo nyandiko yari yashize hanze zirimo ubuhanuzi bwo gupfa kwa Elizabeth ll zerekenaga ko azapfa ku itariki ya 08/09/2022, agasimburwa na Charles. Ibi ntibyatinze kuko byahise byuzura, biba bibaye impamo.

Yongeye gusohora ubundi butumwa nanone buri munyandiko aho yakoresheje kandi urubuga rwa x, atangaza ko Umwami Charles III azapfa tariki ya 28/03/2026. Ubu butumwa buri kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.

Nk’uko bigaragara Logan Smith amaze kubona ubutumwa yatanze bukomeje gukwirakwiza henshi, ari nako bamwe bamutuka yafashe ya konti ye arayihisha ndetse x irayisiba.

Kuri izo mbuga nkoranya mbaga, byavuzwe ko leta y’u Bwongereza yaba igiye guhigisha uwo mugabo uruhindu uhanura ibyurupfu rw’umwami w’iki gihugu.

Undi nawe w’umuhanuzi yahise atangaza ko yizera ko Charles III azategeka igihe kigufi.

Yagize ati: “Nanjye nizere ko Umwami Charles III azategeka igihe kigufi. Ni imyaka iri hagati y’itanu na Cumi.”

Bivuzwe mu gihe umwami Charles III w’imyaka 73 y’amavuko arwaye kanseri itaratangajwe ubwoko bwayo.

Uyu mwami yimitswe nyuma y’iminsi mike mama we apfuye mu 2022 wari umaze imyaka 70 ategetse iki gihugu cy’u Bwongereza.

        MCN.
Tags: Charles IIIElizabeth llIgihe azapfiraU BwongerezaUbuhanuzi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe umubare w’abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

Hagaragajwe umubare w'abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?