• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy’indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in World News
0
Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy’indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy’indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 01/08/2024, hashinzwe ubuyobozi bushya n’amabwiriza agenga uwo muryango mashya, nk’uko tubisanga mu ibaruwa ndende uwo muryango washize hanze nyuma y’uko wari umaze gutora.

Nk’uko bigaragazwa n’iyi baruwa yashizwe hanze n’uy’umuryango mushya umaze igihe gito uvukiye i Mbarara ho muri Uganda, yerekana ko inama itegura gushyiraho ubuyobozi bw’uyu muryango wiyise “Shikama Mbarara Mutualite’ yabaye ku munsi w’ejo ahagana isaha ya saa kenda zuzuye.

Iy’i baruwa igaragaza ko ku murongo w’ibyigwa harimo ko bagomba gutanga amakuru y’imbitse avuga kubyatambutse ahanini ku byo kuvuka kw’iyi Mutualite nshya mu gihe i Mbarara hahoze Mutualite imwe ya Banyamulenge iyobowe na Frank Mine kugeza ubu akaba akiyoboye.

Ikindi cyari ku murongo w’ibyigwa, kwari ugutora ubuyobozi, maze byemezwa ko ubuyobozi bushirwaho, bahita bakora amatora ako kanya.

Iy’ibaruwa inagaragaza ko uwitwa Leopold Ruvugwa kwariwe wegukanye intsinzi ku bwiganze bw’amajwi 93,3%, aho yaje kungirizwa na bwana Shanga Aaron watowe ku majwi 86,4% ndetse kandi yungirizwa na Rurambya Fidel nawe wagize amajwi 86,4%.

Ni mugihe umwanditsi we, hatowe bwana Osee Mwungura aza kungirizwa na Ruberwa George naho bwana Sebineza Mwarabu ahabwa inshingano zokuba umubitsi mukuru aho azunganirwa na Justin Kigabo.

Imwe mu myanzuro yafatiwe muri iyo nama ni uko hagomba kuba umusanzu wo gufashya abaturage bari mu kaga k’intambara zidashira mu Burasirazuba bwa RDC.

Ikindi cyemejwe nukujya bibuka Abanyamulenge baguye mu Gatumba mu 2004, mu gihugu cy’u Burundi, ndetse no gukora ibisabwa byose kugira ngo uwo muhango uzukorwa mu buryo bwiza.

Ubwo rero, i Mbarara ahatuye Abanyamulenge benshi bahunze intambara mu Burasirazuba bwa RDC, mu gihe bahoraga bakorera muri Mutualite imwe, ubu siko bikigiye bikorwa kuko ubu bafite Mutualite zibiri, hari iyahozeho ari yo yitwa “Mbarara Mutualite” naho inshyashya yo ikaba yitwa “Shikama Mbarara Mutualite.”

                  MCN.
Tags: MbararaMutualiteNshyaShikamaYashizeho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Bidasanzwe perezida Félix Tshisekedi wa RDC yaganiriye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame.

Bidasanzwe perezida Félix Tshisekedi wa RDC yaganiriye na mugenzi we w'u Rwanda, Paul Kagame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?