Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umusirikare wa leta ya Kinshasa ufite ipeti rya Lt Gen yakoze ibigayitse byanatumye hakorwa igisa n’imyigaragambyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 20, 2024
in World News
0
Umusirikare wa leta ya Kinshasa ufite ipeti rya Lt Gen yakoze ibigayitse byanatumye hakorwa igisa n’imyigaragambyo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare wa leta ya Kinshasa ufite ipeti rya Lt Gen yakoze ibigayitse byanatumye hakorwa igisa n’imyigaragambyo.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ni Lt Gen Jean Claude Kifwa, komanda wa base ya Kamina mu cyahoze cyitwa Katanga, niwe wakubitaguye umu avocat amusiga intera, nyuma yuko uyu musirikare yari yasinze.

Ahagana mu masaha yo ku gicamunsi cyo ku Cyumweru tariki ya 18/08/2024, Gen Kifwa yanyoye inzoga, aho zasize yasinze bikomeye zinatuma ubwo yahuraga n’umugabo usanzwe akora akazi k’ubu avocat muri ibi bice byo muri Kamina , amuteza abasirikare be bamuha ibiti ari nako bamuteragura imigeri, kugeza abaye indembe.

Nyuma uyu mu avocat yaje kujanwa mu bitaro biherereye muri ibyo bice, kugira ngo yitabweho.

Mu butumwa bwa mashusho bwagiye hanze, bugaragaza na Lt Gen Kifwa ubwe, arimo guteragura ingumu n’imigeri uriya mu avovat, ndetse kugeza nubwo yatse abasirikare be imbunda atangira kurasagura amasasu mu kirere hejuru.

Aya mashusho kandi anagaragaza uyu mu avocat arimo gukurubanwa hasi mu muhanda, ari na ko agenda avuza induru.

Ibi byatumye aba avocat bo muri ibyo bice, mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 19/08/2024, bazindukira ku biro bya Lt Gen Kifwa biherereye muri aka gace ka Kamina. Gusa nta byinshi uru rugaga rw’abavocata bavuze, usibye ko basabye uyu musirikare kuvuza mugenzi wabo, ndetse kandi basaba ubutabera gukurikirana Lt Gen Kifwa.

Aka gace ka Kamina ni kamwe mu duce tugize intara ya Haut-Lomami mu cyahoze cyitwa Katanga.

Nubwo iki gikorwa kigayitse, cyakozwe n’umusirikare uri ku rwego rukomeye, ariko abasirikare ba leta ya Kinshasa bakunze guhohotera abaturage b’iki gihugu, kandi bakabikora nk’umuco wabo.

            MCN.
Tags: Lt Gen Jean Claude KifwaYakoze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi w’u Rwanda yagize ibindi avuga kuri FDLR yahawe icumbi ku butaka bwa RDC.

Umuvugizi w'u Rwanda yagize ibindi avuga kuri FDLR yahawe icumbi ku butaka bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?