Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 22, 2024
in World News
0
Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.

You might also like

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Ni gihugu cya Liban nicyo cyagabweho ibitero n’igisirikare cya Israel, aho cyabigabye gikoresheje indege z’intambara kandi zibigaba mu duce duherereyemo ibikorwa by’umutwe wa Hezbollah.

Amakuru avuga ko ibyo bitero ko byagabwe mu turere icumi duherereye mu majyepfo y’iki gihugu cya Liban.

Muri ibyo bitero hari byagabwe mu bubiko bw’intwaro, ibisasu bya rocket n’ibindi bikorwa remezo.

Ubuvugizi bw’igisirikare cya Israel ntibwigeze busobanuro byinshi kuri ibi bitero, kimweho ngo hari abarwanyi batakarije ubuzima muri iki gitero ku ruhande rwa Liban.

Mu nyandiko zagiye hanze zivuga ko ingabo za Israel zateye ahitwa Chihini, Kfar Kila, Aita al-shaab na Alma ash-Shaab.

TV ya Al Mayadeen yo muri Liban, yatangaje ko ibi bitero by’agisirikare cya Israel byabereye mu mujyi wa Khiam, Kfar Shouba, Mahbib, Aita Al-shaab, Zebqin, Raymah, Kaouthariyet El Saiyad na NNA byatangaje ko byibasiye ibitaro bya Hezbollah.

Ibi bitero ingabo za Israel zakoze bisa naho cyarimo cyihorera nyuma y’uko ku cyumweru umwana w’imyaka 16 n’undi w’imyaka 20, bafite Ubwenegihugu bubiri bw’u Bwongereza na Israel barishwe ndetse na nyina arakomereka bikabije mu gitero cy’masasu cyabereye ku nkombe y’uburengerazuba.

Nyuma yaho ni mu goroba, itsinda rya ba mukerarugendo bagabwe igitero ubwo bari bageze i Tel Viv, abayobozi ba Israel bakavuga ko ari igitero cy’iterabwoba.

Umugabo w’umutaliyani yarapfuye abandi barindwi barakomereka, barimo ba mukerarugendo batatu b’u Bwongereza n’umuturage w’umutaliyani,nk’uko ikigo nderabuzima cya Ichilov cyabitangaje ngo muri barindwi bakomeretse, batatu bari bakiri mu bitaro guhera ku wa Gatandatu mu gitondo ku isaha yaho abandi bane bari batashye.

            MCN.
Tags: IsraelMuri LibanUturere icumi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika. Intambara ihanganishije Cambodia na Thailand imaze kugwamo abantu 30 barimo n'abasivili abandi n'abo batari bake bamaze kuyikomerekeramo. Ihangana hagati...

Read moreDetails

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails
Next Post
Kera kabaye, hasohotse ibishinja umukuru w’igihugu cy’u Burundi, kuburyo bigiye ku musuzuguza mu Isi.

Kera kabaye, hasohotse ibishinja umukuru w'igihugu cy'u Burundi, kuburyo bigiye ku musuzuguza mu Isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?