• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.

minebwenews by minebwenews
August 22, 2024
in World News
0
Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Israel zagabye ibitero bidasanzwe mu kindi gihugu.

You might also like

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Ni gihugu cya Liban nicyo cyagabweho ibitero n’igisirikare cya Israel, aho cyabigabye gikoresheje indege z’intambara kandi zibigaba mu duce duherereyemo ibikorwa by’umutwe wa Hezbollah.

Amakuru avuga ko ibyo bitero ko byagabwe mu turere icumi duherereye mu majyepfo y’iki gihugu cya Liban.

Muri ibyo bitero hari byagabwe mu bubiko bw’intwaro, ibisasu bya rocket n’ibindi bikorwa remezo.

Ubuvugizi bw’igisirikare cya Israel ntibwigeze busobanuro byinshi kuri ibi bitero, kimweho ngo hari abarwanyi batakarije ubuzima muri iki gitero ku ruhande rwa Liban.

Mu nyandiko zagiye hanze zivuga ko ingabo za Israel zateye ahitwa Chihini, Kfar Kila, Aita al-shaab na Alma ash-Shaab.

TV ya Al Mayadeen yo muri Liban, yatangaje ko ibi bitero by’agisirikare cya Israel byabereye mu mujyi wa Khiam, Kfar Shouba, Mahbib, Aita Al-shaab, Zebqin, Raymah, Kaouthariyet El Saiyad na NNA byatangaje ko byibasiye ibitaro bya Hezbollah.

Ibi bitero ingabo za Israel zakoze bisa naho cyarimo cyihorera nyuma y’uko ku cyumweru umwana w’imyaka 16 n’undi w’imyaka 20, bafite Ubwenegihugu bubiri bw’u Bwongereza na Israel barishwe ndetse na nyina arakomereka bikabije mu gitero cy’masasu cyabereye ku nkombe y’uburengerazuba.

Nyuma yaho ni mu goroba, itsinda rya ba mukerarugendo bagabwe igitero ubwo bari bageze i Tel Viv, abayobozi ba Israel bakavuga ko ari igitero cy’iterabwoba.

Umugabo w’umutaliyani yarapfuye abandi barindwi barakomereka, barimo ba mukerarugendo batatu b’u Bwongereza n’umuturage w’umutaliyani,nk’uko ikigo nderabuzima cya Ichilov cyabitangaje ngo muri barindwi bakomeretse, batatu bari bakiri mu bitaro guhera ku wa Gatandatu mu gitondo ku isaha yaho abandi bane bari batashye.

            MCN.
Tags: IsraelMuri LibanUturere icumi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails
Next Post
Kera kabaye, hasohotse ibishinja umukuru w’igihugu cy’u Burundi, kuburyo bigiye ku musuzuguza mu Isi.

Kera kabaye, hasohotse ibishinja umukuru w'igihugu cy'u Burundi, kuburyo bigiye ku musuzuguza mu Isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?