Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 31, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge.

You might also like

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Ni imirwano yabaye ku gicamunsi cyo ku wa gatanu tariki ya 30/08/2024, aho yabereye mu gice kigana kuri Zero, hagati y’inyeshamba zo mu mutwe Maï Maï na Twirwaneho, birangira uruhande rwa Maï Maï ruyabangiye ingata, nk’uko amasoko yacu atandukanye abivuga.

Amakuru yemeza neza ko uru rugamba rwa bereye ku musozi wa Nyarumanga ho muri Bicumbi, aha akaba atari kure no Kuri Zero.

Ibisambu bya Bicumbi, biri hejuru y’imihana yo mu Kalingi, ahanini Kalingi ija mu Bidegu kwa Chef Rufayeri Manywa.

Minembwe Capital News yamenye amakuru ko iyi mirwano yabaye mu gihe abasore bo muri Twirwaneho basakiranye na Maï Maï, ubwo bari muri Patrol. Impande zombi zikaba zarahuye mu buryo butunguranye.

Maze karahava, bararasana, uruhande rwa Maï Maï rukizwa n’amaguru. Aya makuru anavuga ko Maï Maï yahunze yerekera ibisambu bya ahitwa i Nguli ho muri Grupema ya Mutambara.

MCN yanabwiwe kandi ko uruhande rwa Twirwaneho imirwano yarangiye ntawe uhagiriye ikibazo, ariko ko ku ruhande rwa Maï Maï Bishambuke hakomeretse bane, ndetse n’ibitunda byabo byari byubatse muri ako gace bihabwa inkongi y’umuriro, aho ndetse byanahiye birakongoka.

Iy’i mirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa kenda n’igice cyo ku wa gatanu, yabaye mu gihe muri izi nce hataherukaga intambara kuko intambara mu Kalingi yaherukaga nko mu myaka ibiri ishize.

Hagati aho, mu bindi bice byo muri Minembwe, mu misozi miremire y’Imulenge, hari umutekano n’ubwo uba utizewe cyane, kuko ibyaha bihinduka umunota ku wundi. Ariko ubu hari amahoro.

            MCN.
Tags: ImirwanoMaï MaïTwirwaneho
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika. Intambara ihanganishije Cambodia na Thailand imaze kugwamo abantu 30 barimo n'abasivili abandi n'abo batari bake bamaze kuyikomerekeramo. Ihangana hagati...

Read moreDetails

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyatunye Perezida Tshisekedi yirukana intumwa ye Tshibangu.

Hamenyekanye icyatunye Perezida Tshisekedi yirukana intumwa ye Tshibangu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?