Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu Kigazura havuzwe igitero cyagabwe ku bacukuzi ba mabuye y’agaciro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 2, 2024
in World News
0
Mu Kigazura havuzwe igitero cyagabwe ku bacukuzi ba mabuye y’agaciro.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Kigazura havuzwe igitero cyagabwe ku bacukuzi ba mabuye y’agaciro.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni igitero cya kozwe ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 1/09/2024, aho cyagabwe mu bice byo mu Kigazura ahacukurwa amabuye y’agaciro, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Amasoko yacu avuga ko iki gitero cyagabwe ku kirombe cya na Kahembe ho muri Kigazura, cyakozwe igihe c’isaha zine z’igitondo cyo kuri iki Cyumweru.

Kigazura ibarirwa muri Grupema y’Abasimukinji, ho muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga, mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Aha akaba ari mu misozi miremire y’Imulenge.

Minembwe Capital News, yamenye amakuru ko iriya kariyeri ya na
Kahembe isanzwe icukurwamo amabuye y’agaciro, iki gitero cyayigabwemo, cyasize kiyisenye ndetse n’abacukuraga ay’amabuye y’agaciro bamburwa utwabo.

Muri bimwe aba bacukuzi ba mabuye y’agaciro bambuwe, birimo amafaranga, imyambaro yabo, ndetse n’amwe mu mabuye y’agaciro bari bahacukuye.

Gusa, nta mubare nyawo w’ibyasahuwe wigeze utangazwa, usibye kuvuga ko abacukuzi b’amabuye y’agaciro bo muri Kigazura basahuwe ibirimo amafaranga, amabuye y’agaciro, n’ibindi. Ariko byavuzwe ko abagabye iki gitero ko ari imitwe y’itwaje imbunda irimo Maï Maï n’indi mitwe iyishamikiyeho.

Ibi bikozwe mu gihe kandi akarere k’i Mulenge kari kongeye kubamo umutekano muke, nyuma y’uko ku wa Gatanu w’iki Cyumweru gishize, Maï Maï yakozanijeho na Twirwaneho.

Iri kozanyaho rya Maï Maï na Twirwaneho ryabereye muri Bicumbi hatari kure ya Zero, mu birometero nka 4 uvuye muri centre ya Minembwe.

Amakuru yatanzwe kuri uwo wa Gatanu, yaje avuga ko Twirwaneho muri iyo mirwano yirukanye imitwe yitwaje intwaro ya Maï Maï, ndetse kandi isenya ibitunda byayo byari byubatse mu bisambu byaha muri Bicumbi.

                MCN.
Tags: AbacukuziAmabuye y'AgaciroKigazuraMaï Maï
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yagaragaje uruhare igisirikare cya RDC kigira mu mfu Abanyekongo bakomeje kwicwa.

AFC/M23 yagaragaje uruhare igisirikare cya RDC kigira mu mfu Abanyekongo bakomeje kwicwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?