• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Masisi habereye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
September 8, 2024
in Regional Politics
0
I Masisi habereye  imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Masisi habereye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

You might also like

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Ni byatangajwe n’umutwe wa M23 , binyuze mu nyandiko umuvigizi wayo mu bya politiki yashyize hanze akoresheje urubuga rwa x, avuga ko ingabo za FARDC n’abambari bayo bagabye ibitero simusiga mu baturage baturiye uduce two muri teritwari ya Masisi.

Nk’uko izi nyandiko umuvigizi wa M23 yashyize hanze zibisobanura, nuko ibi bitero by’ihuriro ry’ingabo za RDC, byagabwe mu baturage baturiye i Nyamitabo ho muri teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Yavuze ko ibi bitero byangirije byinshi ngo bisenya n’ibikorwa remezo byo muri aka gace, harimo ko byakunduye inyubako zirimo n’izamashuri ndetse kandi byangiriza n’imirima y’abaturage.

Inyandiko za Lawrence Kanyuka zikomeza zivuga ko ibi bitero bitagabwe gusa mu gace ka Nyamitabo ko hubwo byanagabwe no mu nkengero zaka gace.

Asobanura ko ibi bitero ari ubugome bukabije, bukorerwa abasivile kandi ko bukorwa n’ihuriro ry’ingabo zirwanira u butegetsi bwa Kinshasa, ririmo FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo, FDLR na SADC.

Kanyuka kandi yaboneyeho ku menyesha ko AFC ibarizwamo n’umutwe wa M23 izakomeza gahunda yayo yo kurinda abaturage no kubarwanirira, ndetse no kwirukana ingabo za FARDC mu rwego rwo guha agaciro abaturage.

MCN yamenye amakuru ko umutwe wa M23 wasubije inyuma ibyo bitero byari byagabwe i Nyamitabo, mu masaha y’i gihe cy’igitondo cy’uyu munsi. Ubu impande zombi zikaba zikomeje kurebana ayingwe.

          MCN.
Tags: FardcIbiteroM23Nyamitabo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails
Next Post

'Back To Reality': European soccer prepares for age of Austerity

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?