Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wamenya kuri Kikuni bivugwa ko yaba yarishwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 12, 2024
in World News
0
Ibyo wamenya kuri Kikuni bivugwa ko yaba yarishwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya kuri Kikuni bivugwa ko yaba yarishwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umunyapolitiki Seth Kikuni wo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, birakekwa ko yaba yarishwe nyuma y’uko atawe muri yombi n’ubutegetsi bwa RDC akaza kuburirwa irengero.

Mu gihe cy’iminsi icumi irengaho gato, nibwo Seth Kikuni yafashwe n’inzego z’umutekano muri RDC arafungwa.

Rero, muri iyi minsi ibiri ishize hatangiye kuvugwa ko abantu bo mu ishyaka rye bagiye ku mushakira kuri ANR ariko ntibamubona kuko uru rwego rushinzwe iperereza rwababwiye ko atakiri mu maboko y’uru rwego.

Nyuma, abanyapolitiki bo muri iki gihugu nka Martin Fayulu n’abandi bahise batangira gusaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo gutanga umucyo ku buzima bwa Kikuni, ndetse kandi ngo akarekurwa byihuse.

Muri RDC hasanzwe havugwa ko hari ibisambo byayogoje Igihugu, kandi ko byidegembya ariko inzirakarengane akaba ari zo zikomeje gufungwa binyuranyije n’amategeko.

Seth Kikuni yatawe muri yombi nyuma yamasaha make atanze ubutumwa kurukuta rwa X, avuga kubwicanyi bw’imfungwa zishwe ku itariki 02/09/2024.

Yari yanditse agira ati: “Ubwicanyi ni bwinshi, busa cyane nk’uruhererekane rw’iyicwa ry’abaturage bakagombye kurindwa bidasanzwe na Leta. Wazalendo muri Goma, Kilwa, Lwilu, none no muri Makala. Ntibishoboka.”

Mu mezi make kandi ashize Kikuni hamwe na Claudel Andre Lubaya bari bashinze urwego ngishwanama kuri politiki.

Uru rwego ubuyobozi bwa Kinshasa bwarufashe nkurushaka kurwanya ubutegetsi buriho.

Seth Kikuni ni umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ari mubo kandi babayeho abakandida ku mwanya wa Perezida mu matora y’ubushize muri RDC.

               MCN.
Tags: KinshasaSeth KikuniYaburiwe Irengero
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post

Oil Set for Weekly Gain With Focus Turning to Stimulus And Storm

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?