• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Intambara hagati ya Israel n’umutwe wa Hezbollah yarushijeho gukara.

minebwenews by minebwenews
September 23, 2024
in World News
0
Intambara hagati ya Israel n’umutwe wa Hezbollah yarushijeho gukara.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara hagati ya Israel n’umutwe wa Hezbollah yarushijeho gukara.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Byatangajwe n’igisirikare cya Israel, aho cyigambye ko cyatangije ibitero simusiga gikoresheje indege ki karasa ku birindiro by’umutwe wa Hezbollah, biherereye mu majyepfo ya Libani.

Igisirikare cya Israel, binyuze ku muvugizi wacyo, Daniel Hagari, yasabye ko abaturage baturiye hafi n’ibirindiro by’umutwe wa Hezbollah ko bagomba kuhava vuba na bwangu kugira ngo basenyagure uyu mutwe w’abarwanyi ba Hezbollah.Uyu muvugizi yaje no kubazwa niba ingabo ze zaba zifite kwinjira mu gihugu cya Libani, aza gusubiza ko ‘ingabo ze zizakora ibikenewe byose kugira ngo abaturage bo mu majyaruguru ya Israel bahunze, bazasubire mu byabo kandi ko ari icyo cyihutirwa muri iyi ntambara Israel iri kurwana.”

Uyu muvugizi yanasobanuye ko umutwe wa Hezbollah wagiye ukwiza imbunda zirimo n’iziremereye mu mazu yo muri Libani aherereye mujyepfo y’iki gihugu. Rero, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru, umutwe wa Hezbollah wateye ibisasu byinshi bya misile muri Israel, ndetse kandi uyu mutwe wanigambye ko wateye ibisasu ku birindiro by’igisirikare cya Israel, ari nabwo Israel yahise imenyesha ko izihorera byanze bikunze.

Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa mbere, indege z’intambara za Israel zazindutse zirasa(zisheringa) ibisasu byarutura mu mijyi iri mu majyepfo ya Libani, kandi ibi bitero ngo bizakomereza mu majyaruguru, nk’uko n’ubundi uyu muvugizi w’igisirikare cya Israel yabibwiye ibitangaza makuru.

          MCN.
Tags: HezbollahIntambaraIsraelLibani
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi wa RDC, arashinjwa kugira indimi zibiri mu biganiro by’i Luanda.

Perezida Tshisekedi wa RDC, arashinjwa kugira indimi zibiri mu biganiro by'i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?