Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umutwe wa Hezbollah watangaje ko witeguye intambara yeruye na Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 1, 2024
in World News
0
Umutwe wa Hezbollah watangaje ko witeguye intambara yeruye na Israel.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Hezbollah watangaje ko witeguye intambara yeruye na Israel.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Byatangajwe n’umuyobozi w’ungirije w’umutwe wa Hezbollah, Sheikh Naim Qassem, yavuze ko nubwo uyu mutwe watakaje abayobozi benshi barimo Hassan Nasrallah, wari umuyobozi mukuru w’uyu mutwe, ariko Hezbollah yiteguye guhangana na Israel mu ntambara yeruye kandi ko abarwayi b’uyu mutwe biteguye ku byitwaramo neza.

Mu bisobanuro uyu muyobozi w’ungirije w’umutwe wa Hezbollah yatanze yagaragaje ko “nta cyuho cyabayobozi b’uyu mutwe bafite kandi ko umuyobozi mukuru uzasimbura Nasrallah azajyaho mu minsi iri mbere, bityo ibikorwa by’uyumutwe bigakomeza ari nta nkomyi.

Yavuze kandi ko mu gihe Israel yakohereza abasirikare mu majyepfo ya Libani bagamije kurimbura uyu mutwe, abarwanyi bawo biteguye neza kurwana.

Amakuru avuga ko Hezbollah ifite abarwanyi barenga ibihumbi 150, ifite kandi n’imbunda zirimo ibisasu bikomeye na za misile birenga ibihumbi 100. Sheikh Naim Qassem yavuze ko ibyabaye byabasigiye amasomo akomeye, ariko ashimangira ko bitabaciye intege.

Gusa, abayobozi b’igihugu cya Iran ntibavuga rumwe kuko uruhande rumwe rushyigikiye ko iki gihugu cyahita kigaba ibitero vuba kuri Israel mu rwego rwo guhorera abayobozi b’u mutwe ushyigikiwe n’iki gihugu wa Hezbollah bishwe barashwe n’igisirikare cya Israel, mu gihe urundi ruhande rwo ruvuga ko ibyo ko bigomba gukorwa mu gihe babanjye kubyitondera.

Umutwe wa Hezbollah mu myaka umaze irenga 40, nta bundi urahura n’ibitero simusiga byahitanye abayobozi bayo barimo n’abakomeye, ari naho benshi bahera ko bavuga ko wacitse intege nubwo byahakanwe n’umuyobozi w’ungirije w’uyu mutwe, Sheikh Naim Qassem.

Tubibutsa ko ibitero Israel yagabye kuri uyu mutwe wa Hezbollah bigahitana umuyobozi mukuru wayo n’abandi benshi, byakozwe ku wa Gatanu w’iki Cyumweru dusoje.

          MCN.
Tags: HezbollahIntambaraIsraelYatangajeYeruye
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku bitero Iran yaraye igabye kuri Israel.

Ibyo wa menya ku bitero Iran yaraye igabye kuri Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?