• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umutwe wa Hezbollah watangaje ko witeguye intambara yeruye na Israel.

minebwenews by minebwenews
October 1, 2024
in World News
0
Umutwe wa Hezbollah watangaje ko witeguye intambara yeruye na Israel.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Hezbollah watangaje ko witeguye intambara yeruye na Israel.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Byatangajwe n’umuyobozi w’ungirije w’umutwe wa Hezbollah, Sheikh Naim Qassem, yavuze ko nubwo uyu mutwe watakaje abayobozi benshi barimo Hassan Nasrallah, wari umuyobozi mukuru w’uyu mutwe, ariko Hezbollah yiteguye guhangana na Israel mu ntambara yeruye kandi ko abarwayi b’uyu mutwe biteguye ku byitwaramo neza.

Mu bisobanuro uyu muyobozi w’ungirije w’umutwe wa Hezbollah yatanze yagaragaje ko “nta cyuho cyabayobozi b’uyu mutwe bafite kandi ko umuyobozi mukuru uzasimbura Nasrallah azajyaho mu minsi iri mbere, bityo ibikorwa by’uyumutwe bigakomeza ari nta nkomyi.

Yavuze kandi ko mu gihe Israel yakohereza abasirikare mu majyepfo ya Libani bagamije kurimbura uyu mutwe, abarwanyi bawo biteguye neza kurwana.

Amakuru avuga ko Hezbollah ifite abarwanyi barenga ibihumbi 150, ifite kandi n’imbunda zirimo ibisasu bikomeye na za misile birenga ibihumbi 100. Sheikh Naim Qassem yavuze ko ibyabaye byabasigiye amasomo akomeye, ariko ashimangira ko bitabaciye intege.

Gusa, abayobozi b’igihugu cya Iran ntibavuga rumwe kuko uruhande rumwe rushyigikiye ko iki gihugu cyahita kigaba ibitero vuba kuri Israel mu rwego rwo guhorera abayobozi b’u mutwe ushyigikiwe n’iki gihugu wa Hezbollah bishwe barashwe n’igisirikare cya Israel, mu gihe urundi ruhande rwo ruvuga ko ibyo ko bigomba gukorwa mu gihe babanjye kubyitondera.

Umutwe wa Hezbollah mu myaka umaze irenga 40, nta bundi urahura n’ibitero simusiga byahitanye abayobozi bayo barimo n’abakomeye, ari naho benshi bahera ko bavuga ko wacitse intege nubwo byahakanwe n’umuyobozi w’ungirije w’uyu mutwe, Sheikh Naim Qassem.

Tubibutsa ko ibitero Israel yagabye kuri uyu mutwe wa Hezbollah bigahitana umuyobozi mukuru wayo n’abandi benshi, byakozwe ku wa Gatanu w’iki Cyumweru dusoje.

          MCN.
Tags: HezbollahIntambaraIsraelYatangajeYeruye
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku bitero Iran yaraye igabye kuri Israel.

Ibyo wa menya ku bitero Iran yaraye igabye kuri Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?