Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe ibindi bishya hagati ya Museveni na Ambasaderi wa Amerika muri Uganda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 8, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe ibindi bishya hagati ya Museveni na Ambasaderi wa Amerika muri Uganda.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe ibindi bishya hagati ya Museveni na Ambasaderi wa Amerika muri Uganda.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, ku wa Kane tariki ya 10/10/2024, arateganya guhura na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu rwego rwo kugira ngo bahoshye umwuka mubi ushingiye kuri dipolomasi Gen Kainarugaba Muhoozi aheruka guteza.

Amakuru ava i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda avuga ko ibyo biganiro bizabera muri perezidansi ya Uganda. Ni ibiganiro kandi bizatabirwa na General Kainarugaba Muhoozi ndetse na minisitiri w’ubabanye n’amahanga Jeje Odongo.

Ibi biganiro bigiye kuba mu gihe mu mpera zakiriya Cyumweru gishize, Gen Muhoozi usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yari yahaye gasopo Ambasaderi William Papp igihe ntarengwa cyo kuba yasabye imbabazi perezida Yoweli Kaguta Museveni, bitaba ibyo akirukanwa ku butaka bwa Uganda.

Icyo gihe Muhoozi mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, bwashinjaga Amabasaderi wa Amerika kubahuka perezida wa Uganda ndetse no kugaragaza imyitwarire idakwiriye umudipolomate, amuha ku wa mbere tariki ya 07/10/2024 nk’igihe ntarengwa cyo kuba yasabye imbabazi.

Ibyo byabaye mu gihe uyu Amabasaderi wa Amerika, William Papp yari aheruka gusaba perezida Museveni kutaziyamamaza mu matora y’umukuru w’ikigihugu ateganyijwe mu 2026.

     MCN.
Tags: Gen MuhooziMuseveniWilliam Papp
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
RDC yasabwe na Amerika kubahiriza amasezerano y’i Luanda.

RDC yasabwe na Amerika kubahiriza amasezerano y'i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?