• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 19, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe ibindi bishya hagati ya Museveni na Ambasaderi wa Amerika muri Uganda.

minebwenews by minebwenews
October 8, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe ibindi bishya hagati ya Museveni na Ambasaderi wa Amerika muri Uganda.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe ibindi bishya hagati ya Museveni na Ambasaderi wa Amerika muri Uganda.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, ku wa Kane tariki ya 10/10/2024, arateganya guhura na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu rwego rwo kugira ngo bahoshye umwuka mubi ushingiye kuri dipolomasi Gen Kainarugaba Muhoozi aheruka guteza.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Amakuru ava i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda avuga ko ibyo biganiro bizabera muri perezidansi ya Uganda. Ni ibiganiro kandi bizatabirwa na General Kainarugaba Muhoozi ndetse na minisitiri w’ubabanye n’amahanga Jeje Odongo.

Ibi biganiro bigiye kuba mu gihe mu mpera zakiriya Cyumweru gishize, Gen Muhoozi usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yari yahaye gasopo Ambasaderi William Papp igihe ntarengwa cyo kuba yasabye imbabazi perezida Yoweli Kaguta Museveni, bitaba ibyo akirukanwa ku butaka bwa Uganda.

Icyo gihe Muhoozi mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, bwashinjaga Amabasaderi wa Amerika kubahuka perezida wa Uganda ndetse no kugaragaza imyitwarire idakwiriye umudipolomate, amuha ku wa mbere tariki ya 07/10/2024 nk’igihe ntarengwa cyo kuba yasabye imbabazi.

Ibyo byabaye mu gihe uyu Amabasaderi wa Amerika, William Papp yari aheruka gusaba perezida Museveni kutaziyamamaza mu matora y’umukuru w’ikigihugu ateganyijwe mu 2026.

     MCN.
Tags: Gen MuhooziMuseveniWilliam Papp

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
RDC yasabwe na Amerika kubahiriza amasezerano y’i Luanda.

RDC yasabwe na Amerika kubahiriza amasezerano y'i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 durcit sa ligne de confrontation avec le pouvoir de Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?