• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.

minebwenews by minebwenews
October 10, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku muyaga udasanzwe watumye ibintu byinshi byangirika muri Florida.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Muri Leta ya Florida ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika hateye umuyaga wa serwakira wangiriza ibirimo amashyanyarazi n’ibindi bikorwa remezo byo muri iyi Leta.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko amapoto y’amashanyarazi n’inyubako byangiritse kubera uwo muyaga wa serwakira. Abantu miliyoni 5 baturiye ibyo bice babuze amashanyarazi.

Kugeza ubu, abantu bane ni bo bamaze kumenyekana ko bahasize ubuzima bazize ingaruka y’iyo serwakira.

Ni umuyaga watangiye mu ijoro ryo ku wa gatatu kugera mu rukurera rwo kuri uyu wa Kane, umuyaga mwinshi waturukaga ku nkombe z’inyanja wasenye igice kinini cy’amajyepfo ku buryo butari bwitezwe, nk’uko ijwi ry’Amerika ryabitangaje.

Guverineri w’iy’i Leta Ron DeSantis yavuze ko Milton (serwakira)ifite ubukana butuma ishyirwa mu rwego rwa gatatu, ariko avuga ko yizeye ko biteguye guhangana nayo.

Amazu manini n’amato, yose atuwemo mu bice byinshi bitandukanye byo muri iyi Leta ya Florida yasenyutse ku buryo adashobora gusanwa.

Nk’uko kiriya gitangaza makuru cya komeje kibitangaza n’uko iyi serwakira yashyizwe muzifite ubukana bukaze mu myaka ijana ishize. Ikaba yashyizwe mu rwego rwa gatatu ukurikije ibipimo bifatirwaho mu gupima ubukana bwa serwakira.

Iyi yibasiriye Leta ya Florida, yari ifite umuvuduko wa kilometero 193 mu isaha imwe. Ni ukuvuga ifite umuvuduko uruta uw’imodoka tubona mu masiganwa.

Impungenge zihari n’izuko hari abantu bashobora kuburira ubuzima bwabo muri ibi biza. Umujyi muto witwa Siesta Key utuwe n’abantu 5,400 ni wo kugeza ubu wangirijwe cyane kuko uri mu kirwa.

Uvuye aha ujya ahitwa Tampa Bay ho hatuwe na miliyoni 3, abantu baho baburiwe kudasohoka mu mazu hirindwa ko ubuzima bwabo bushobora kuja mu kaga.

Ariko nubwo biruko guverineri w’iy’i Leta ya Florida yahumurije abaturage ababwira ko Leta y’iki gihugu iri buze guhangana n’iki kibazo.

          MCN.
Tags: FloridaLetaMiltonSerwakira
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamerika ntibavuga rumwe ku bashaka ko bayoborwa n’amahame ya gikirisitu.

Abanyamerika ntibavuga rumwe ku bashaka ko bayoborwa n'amahame ya gikirisitu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?