Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n’Amerika ku kibazo cya Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 26, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n’Amerika ku kibazo cya Israel.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n’Amerika ku kibazo cya Israel.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken na minisitiri w’intebe wa Libani, Najib Mikati bagiranye ibiganiro byibanze ku bitero Israel iheruka kugaba mu majyepfo ya Libani.

Iki kiganiro cyabaye ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 25/10/2024, ni mu gihe bwana Antony Blinken arimo agenderera ibihugu byo mu Burasirazuba bwo hagati y’isi.

Amakuru avuga ko aba bategetsi bombi bahuriye i Londre mu Bwongereza nyuma y’uko Najib Mikati wa Libani yari avuye i Paris mu Bufaransa aharimo habera ibiganiro byiga kugufasha igisirikare cya Libani ndetse no kugoboka abavanywe mu byabo kubera ibitero bya Israel muri Libani.

Muri uwo mubonano, Antony Blinken yasabye ko ibibazo biri hagati ya Israel na Libani byotorerwa umuti binyuze mu biganiro. Avuga ko Israel igomba gukora ibishoboka byose kugira ngo yirinde kwica inzirakarengane, no kwirinda kubangamira ingabo z’u muryango w’Abibumbye zishinzwe kurengera abaturage muri ibyo bice.

Hanyuma aza kongera gusaba Liban gufata ingamba zerekeye kurinda umutekano w’igihugu cyabo n’uwakarere, ikoresheje kwambura intwaro abarwanyi b’u mutwe wa Hezbollah usanzwe ushyigikiwe n’igihugu cya Iran. Uyu mutwe wa Hezbollah warashe ibisasu bya misile, ufatanyije n’igisirikare cya Iran n’umutwe wa Hamas, barasa ku butaka bwa Israel bihitana abaturage babarirwa mu bihumbi birenga ahagana ku itariki ya 07/10/2024 ari nabyo nyiribayazana w’izi ntambara zose ziri kubera muri ako karere.

Tags: AmerikaIsraelLibani
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?