Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 26, 2024
in World News
0
Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ni igitero Israel yakoze ku mugoroba w’aherejo ku wa gatanu tariki ya 25/10/2024, aho yagikoze irasa ibisasu bya misili ku bigo byagisirikare byo muri Iran ariko ngo ntihagira ibyangirika nk’uko amakuru akomeje gutangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye.

Umuvugizi w’igisirikare cya Israel ari mubemeje iki gitero, aho yagize ati: “Ubu dushobora kwemeza ko twasoje igikorwa cyo kwihorera kwacu. Israel yagabye ibitero bisubiza ibyagabwe na Iran.”

Yunzemo kandi ati: “Twagabye ibitero simusiga kubigo bya gisirikare mu rwego rwo gukumira iterabwoba rya Iran.”

Abaturiye umurwa mukuru w’igihugu cya Iran, Tehran, bahaye urwamenyo icyo gitero cya Israel, ni mu gihe bumvikanye m’ubutumwa bw’amajwi bakomeje gutanga bakoresheje video, bavuga ko i Tehran hari umutekano wose, kandi ko hari n’abenegihugu batigeze bamenya amakuru yuko Israel yateye za misili mu gihugu cyabo.

Usibye nibyo, ngo nta n’umuturage wigeze aja kw’ihisha. Bamwe muri abo banyagihugu bagize bati: “Niba ari uku Israel yihoreye kuri Iran, ntabwo bisobanutse, na none kandi bafatanyije n’Abanyamerika, twebwe twabonye nta cyabaye pe! Nta n’igisasu nakimwe cyagize ibyo gikora ku butaka bwacu.”

Hagati aho, kuba Israel n’Amerika byakoze iki gitero kidakanganye, bishobora kuba batinye Iran ko ishobora kuzakora ibirenze muri Israel.

Ibyo binabaye mu gihe Amerika yari heruka guha inkunga mu byagisirikare ingana na biliyoni 8.7 z’amadolari y’Amerika, ndetse yongera ibaha n’izindi ndege z’intambara zikomeye.

Tubibutsa ko Iran igitero gikaze yagabye kuri Israel, yagikoze tariki ya 1/10/2024.

Tags: IgiteroIranIsraelKwihoreraUrwamenyo
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Umusaza uri muba kuze mu Banyamulenge yafunzwe na FARDC

Byiringiro wiyita umuvugizi w'Abanyamulenge, yamamaganwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?