Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 10, 2024
in World News
0
Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ni amakuru yatangajwe na perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky aho yavuze ko ingabo zi gihugu cye zihanganye n’abasirikare ba Koreya ya Ruguru kandi ko bari kurwana ku ruhande rw’u Burusiya, anahamya ko hari benshi bamaze gupfira muri iryo hangana.

Nk’uko perezida Zelensky abivuga, n’uko ingabo za Koreya ya Ruguru zigeze ku bihumbi 11 arizo zinjiye mu rugamba ku rwanya ingabo ze.
Yanahimije ko izi ngabo zatangiriye intambara mu gace ka Kursk, aka gace k’u Burusiya kakaba kagenzurwa n’ingabo za Ukraine. Aha rero ngo niho impande zombi zahanganiye birangira zihatakarije abasirikare.

Zelensky yavuze ko mu gihe perezida w’u Burusiya, aherutse kumvikana avuga ko igihugu cye cyiteguye kwinjira mu biganiro bishobora guhagarika iyi ntambara, nubwo ubufasha bw’Ingabo za Koreya ya Ruguru busobanuye ko iyi ntambara ishobora kuzamara igihe kirekire.

Hagati aho, benshi mu bayobozi b’u Burusiya ntibizeye neza ko Trump azakomeza guha Ukraine inkunga, ndetse uyu muyobozi nawe yakunze guca amarenga mu bihe byo kwiyamamaza, avuga ko bitumvikana uburyo leta Zunze Ubumwe z’Amerika zikomeza gusohora amafaranga menshi ziha Ukraine inkunga.

Tags: IngaboKoreya ya RuguruUkraine
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Impuguke mu byagisirikare ku ruhande rwa RDC n’urwa Uganda zagiranye ibiganiro bikaze.

Impuguke mu byagisirikare ku ruhande rwa RDC n'urwa Uganda zagiranye ibiganiro bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?