• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Bwa mbere u Burusiya burasa muri Ukraine ibisasu bikaze, ibishobora guhindura intambara.

minebwenews by minebwenews
November 22, 2024
in World News
0
Bwa mbere u Burusiya burasa muri Ukraine ibisasu bikaze, ibishobora guhindura intambara.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bwa mbere u Burusiya burasa muri Ukraine ibisasu bikaze, ibishobora guhindura intambara.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Igisirikare cy’u Burusiya cyakoresheje ibisasu kitari bwakoreshe kuva cyatera igihugu cya Ukraine, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na CNN.

Iki gitangaza makuru cyo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, cyatangaje ko ahar’ejo u Burusiya bwarashe misile yo mu bwoko bwa ICBM muri Ukraine. Ni ubwa mbere misile nk’izi zikoreshwa mu mateka y’intambara ariko ntacyidasanzwe yakoze gusa bivugwa ko ryari igerageza no kwereka uburenganzuba ko intambara ishobora guhinduka.

Aya makuru anahamya ko ibyo bisasu byarimo byitura mu mujyi wa Dnipro muri Ukraine, ariko ko ntacyo byangirije n’ubwo Ukraine ntacyo irabivugaho.

U Burusiya bukoze ibyo mu gihe Ukraine ku wa gatatu yari yarashe ibisasu mu karere ka Kursk mu gihugu cy’u Burusiya imbere byo mu bwoko bwa Storm Shadow Cruise; iyi ikaba ari intwaro igiye guhindura ibintu ku rugamba, nubwo bivugwa ko perezida Vladimir Putin atiteguye gutsindwa nabuke.

Sibyo gusa kuko ku munsi w’ejo hashize, Ukraine kandi yarashe misile nyinshi yahawe n’u Bwongereza na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Nibyo yarashe nyuma y’umunsi umwe gusa barashe za misile z’Amerika mu gihugu cy’u Burusiya nk’uko abayobozi ba Pantagon na Ukraine babitagaje.

Tags: Bwa mbereU BurusiyaUkraine
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
I Mweso amazu abarirwa mu mirongo yahiye ahinduka umuyonga.

I Mweso amazu abarirwa mu mirongo yahiye ahinduka umuyonga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?