Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y’i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 1, 2024
in Regional Politics
0
M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y’i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.
106
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 nyuma yo kwitandukanya na masezerano y’i Luanda yatangaje icyo igiye gukora vuba.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umutwe wa M23 watangaje ko utarebwa n’amasezerano yagahenge u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo byasinyiye i Luanda muri Angola, wiyemeza gusanga ihuriro ry’Ingabo za RDC mu birindiro ziturukamo ziwugabaho ibitero.

Ni byatangajwe n’umuvugizi w’uyu mutwe wa M23 mu byapolitiki, Lawrence Kanyuka; yagaragaje ko icyemezo cyo kwitandukanya nariya masezerano gishingiye ku kuba Leta ya Kinshasa ikomeje kwica amasezerano yakariya gahenge.

Impande zombi zimaze iminsi ziri mu mirwano mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe aheruka gutangaza ko muri uku kwezi kwa Cumi n’umwe, byibuze ihuriro ry’Ingabo za RDC zagabye kuri M23 ibitero 27.

Kanyuka mu itangazo yashyize hanze ahar’ejo, yavuzemo ko nka M23 bashima imbaraga abakuru b’ibihugu by’akarere ndetse n’abafatanya bikorwa mpuzamahanga bakomeje gukoresha mu rwego rwo gukemura mu mahoro amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa RDC.

M23 ivuga ko yemera ko agahenge u Rwanda na Congo Kinshasa byemeranyije ku buhuza bwa Angola ikabona nka kimwe mu bishobora gukemura amakimbirane, gusa ikavuga ko utarebwa na ko.

Uyu mutwe wunzemo ko agahenge wemera ndetse unakomeje kubahiriza ari ako ku wa 7/10/2023 wasinyiye ku giti cyayo i Luanda muri Angola.

M23 yiyemeje gutangiza guhiga FARDC n’abambari bayo mu birindiro byabo, mu gihe hashize ibyumweru bibiri bawugabaho ibitero bikomeye.

Ibi bitero byagabwe mu duce twa Kamandi ya 1, iya Kabiri, Kamatobe, Kiluvu ndetse na Ngekene two muri teritware ya Lubero; ndetse ibindi bitero byagabwe mutundi duce twa Musheberi, Gatobotobo, Kinigi, Kaniro, Bugeri, Katale, Kalembe, Ihula na Muheto two muri teritware ya Masisi.

Tags: AmasezeranoLuandaM23
Share42Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.

Inama y'abakuru b'ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?