• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko atazigera afungura imipaka ihuza igihugu cye n’u Rwanda, avuga ko ibyo bizageza igihe iki gihugu cyamuhaye abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza wayoboye iki gihugu.

Ni byo perezida w’u Burundi yatangaje ubwo yagiranaga ikiganiro n’igitangaza makuru cya TV Monde.

Muri icyo kiganiro Ndayishimiye yavuze ko mu 2020 yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka, mu gushaka kugaragaza ko afite ubushake bwo kuzahura umubano w’u Rwanda n’u Burundi wari umaze igihe itifashe neza.

Ndayishimiye yatangaje ibi mu gihe u Rwanda rumaze igihe rugaragaza ko rwiteguye kohereza u Burundi abagerageje guhirika Nkurunziza ku butegetsi mu 2015, mu gihe haboneka uruhande rubishingira.

U Rwanda binyuze mu munyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubanye n’amahanga n’ubutwererane,James Kaberebe, yari aheruka gitangaza ko u Rwanda rugifite aba Barundi, kandi ko rwasobanuriye u Burundi imbogamizi iri mu kubohereza nta mwishingizi.

U Rwanda kandi rusobanura ko aba Barundi bari mu nshingano z’ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishyinzwe impunzi (UNCHR) kuko ari impunzi, rukavuga ko rubaye rubobereje u Burundi, hakagira ikibi kibabaho, ari yo yababazwa.

Hagati aho iki gihugu cy’u Rwanda kikagaragaza ko gishaka u ruhande rwa gatatu rwemera kubishingira, bakoherezwa mu izina ryabo, ku buryo baramutse bagiriye ikibazo mu Burundi, u Rwanda rutababazwa.

Muri iki kiganiro cya Ndayishimiye yagiranye na Tv Monde, yumvikanye avuga ko hari abantu bava mu Rwanda bagiye bagerageza guhungabanya umutekano w’igihugu cye.

Ibyatangajwe na Evariste Ndayishimiye byenda gusa n’ubundi n’ibyo yatangaje umwaka ushize, aho yavuze ko umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bwe, ushigikiwe n’u Rwanda. Ni mu gihe uwo mutwe muri icyo gihe wari wagabye ibitero mu Burundi.

Tags: EvaristeU Rwanda
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

Ibyo wa menya kw'ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?