Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 8, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko atazigera afungura imipaka ihuza igihugu cye n’u Rwanda, avuga ko ibyo bizageza igihe iki gihugu cyamuhaye abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza wayoboye iki gihugu.

Ni byo perezida w’u Burundi yatangaje ubwo yagiranaga ikiganiro n’igitangaza makuru cya TV Monde.

Muri icyo kiganiro Ndayishimiye yavuze ko mu 2020 yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka, mu gushaka kugaragaza ko afite ubushake bwo kuzahura umubano w’u Rwanda n’u Burundi wari umaze igihe itifashe neza.

Ndayishimiye yatangaje ibi mu gihe u Rwanda rumaze igihe rugaragaza ko rwiteguye kohereza u Burundi abagerageje guhirika Nkurunziza ku butegetsi mu 2015, mu gihe haboneka uruhande rubishingira.

U Rwanda binyuze mu munyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubanye n’amahanga n’ubutwererane,James Kaberebe, yari aheruka gitangaza ko u Rwanda rugifite aba Barundi, kandi ko rwasobanuriye u Burundi imbogamizi iri mu kubohereza nta mwishingizi.

U Rwanda kandi rusobanura ko aba Barundi bari mu nshingano z’ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishyinzwe impunzi (UNCHR) kuko ari impunzi, rukavuga ko rubaye rubobereje u Burundi, hakagira ikibi kibabaho, ari yo yababazwa.

Hagati aho iki gihugu cy’u Rwanda kikagaragaza ko gishaka u ruhande rwa gatatu rwemera kubishingira, bakoherezwa mu izina ryabo, ku buryo baramutse bagiriye ikibazo mu Burundi, u Rwanda rutababazwa.

Muri iki kiganiro cya Ndayishimiye yagiranye na Tv Monde, yumvikanye avuga ko hari abantu bava mu Rwanda bagiye bagerageza guhungabanya umutekano w’igihugu cye.

Ibyatangajwe na Evariste Ndayishimiye byenda gusa n’ubundi n’ibyo yatangaje umwaka ushize, aho yavuze ko umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bwe, ushigikiwe n’u Rwanda. Ni mu gihe uwo mutwe muri icyo gihe wari wagabye ibitero mu Burundi.

Tags: EvaristeU Rwanda
Share42Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

Ibyo wa menya kw'ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?