Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 9, 2024
in World News
0
Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”

You might also like

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Donald Trump uheruka gutsinda amatora muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasabye u Burusiya na Ukraine gutanga urutonde rw’ibyo byifuza kugira ngo amahoro agaruke muri Ukraine aho ibihugu byombi bihanganiye.

Ibi bwana Donald yabitangaje ku Cyumweru tariki ya 08/12/2024 ari i Paris mu Bufaransa.

Uyu mugabo yavuze aya magambo nyuma yo kuganira imbonankubone n’umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelensky ubwo bahuriraga i Paris mu Bufaransa. Rwari urugendo rwa mbere Donald Trump agize kuva yatsinda amatora yabaye muri Amerika mu kwezi gushize uyu mwaka.

Trump yanasezeranyije ko azarangiza intambara y’u Burusiya na Ukraine binyuze mu biganiro ariko nta byinshi yatangaje ku buryo yiteguye ku bishyira mu bikorwa.

Akoresheje urubuga rwa x, Trump yavuze ko Zelensky na Leta ye, bigamije guhagarika icyo yise ubusazi. Avuga ko intambara igomba guhagarara vuba na bwangu hagatangira ibiganiro.

Yagize ati: “Vladimir Putin ndamuzi neza. Iki ni gihe cye cyo kugira icyo akora. Isi irategereje.” Aya magambo yasaga nuyagenera u Burusiya na perezida Vladimir Putin.

Nyuma perezida Volodymyr Zelensky yasubije Trump, avuga ko amahoro atari ayo mu mpapuro gusa ahubwo hakenewe ibikorwa n’ibyo impande zireba zigomba kwizezanya.

Umuvugizi wa perezidansi y’u Burusiya, Domitry Peskov yahamagaje ikiganiro n’abanyamakuru kugira ngo agire icyo avuga kuri ayo magambo ya Donald Trump. Maze avuga ko u Burusiya bushobora kwitabira ibiganiro ariko ko bigomba kuba bishingiye ku byumvikanyweho muri Istanbul mu mwaka w’ 2022.

Tags: TrumpUbusaziUkraine
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails
Next Post
Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha muri gereza iherereye i Goma.

Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha muri gereza iherereye i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?