Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ukraine yiteguye kuja mu biganiro byo guhagarika intambara irimo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 11, 2024
in World News
0
Ukraine yiteguye kuja mu biganiro byo guhagarika intambara irimo.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yiteguye kuja mu biganiro byo guhagarika intambara irimo.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Bikubiye mu byatangajwe na perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky aho yavuze ko guhagarika intambara mu gihugu cyiwe kwariyo ntego nyamukuru igomba kugenderwaho kuruta ibindi byose.

Zelensky yatangaje ibi nyuma y’uko agiranye umubanano na perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron na Donald Trump uheruka gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Yashimiye Trump kuba yari yemeje bikomeye ku byerekeye ibyo guhagarika intambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya.

Perezida Zalensky, yatangaje ko azi neza ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zifite ububasha bwo guhindura ibintu mu Isi ibindi bihugu bitopfa gushobora.

Yavuze kandi ko kugira ngo intambara ihagarare mu gihugu cyiwe, hakwiye kuba ubumwe hagati ya Amerika, u Burayi n’ibindi bice byo ku Isi bishira imbere amahoro n’umutekano.

Zelensky avuze ibi mu gihe hibazwa niba Amerika izakomeza gushyigikira igihugu cyiwe, mu gihe Donald Trump byitezweko agiye gukorera mu ngata perezida Joe Biden mu kwezi gutaha.

Ku ngoma ya Joe Biden, Amerika yakoze iyo bwabaga ifasha Ukraine kubijanye n’ibikoresho bya gisirikare biri mu gaciro k’imiriyaridi y’amdolari y’Amerika, mu rwego rwo kugira icyo gihugu gishobore gutsinda u Burusiya.

Nyuma yaho abonanye na perezida Zelensky, ku Cyumweru tariki ya 08/12/2024, Donald Trump yatangaje ko hagomba kuba agahenge vuba muri Ukraine, maze ngw’ibiganiro hagati y’iki gihugu n’u Burusiya bigatangira.

Tags: ibiganiroPutinZelensky
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
M23 yacinye akadiho nyuma yogufata uduce twingenzi muri Kivu Yaruguru.

M23 yacinye akadiho nyuma yogufata uduce twingenzi muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?