• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yigambye kuvugutira umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
December 25, 2024
in Regional Politics
0
M23 yigambye kuvugutira umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yigambye kuvugutira umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Bikubiye mu butumwa umuvugizi w’u mutwe wa M23 mu bya gisirikare yashize hanze ku mugoroba w’ejo hashize, aho yagaragaje ko ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Kinshasa zabagabyeho ibitero simusiga muri Lubero, ariko bararikubitagura byemewe, ndetse basenya n’ibigo byaryo byagisirikare bibiri biri muri ibyo bice.

Ahar’ejo tariki ya 24/12/2024, FARDC n’abambari bayo barimo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi n’ingabo za SADC yagabye igitero kigamije kw’isubiza umujyi wa Mambasa uheruka gufatwa na M23 ariko. biyibera ubusa

Mu butumwa bwa Lt Col Willy Ngoma, yatanze arimo kwishongora ko bakubise inshuro uruhande ru rwanirira Leta yagize ati: “Muri Mombasa, igitero twagabweho kigamije kutwambura uyu mujyi, abakigabye, twabahaye isomo, nta santimetero imwe ishobora kuducika; haje FARDC izwiho kujegajega, haza na babanywi b’urumugi bo muri Afrika y’Epfo, haza kandi FDLR yavumwe, ndetse n’abarya bahezanguni ba FDNB, ariko bose twabakubise inshuro.”

Ahandi uyu mutwe wavugitiye umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC ni muri Kahutwa na Mbangi, utwo duce tubiri twarimo ibigo bikomeye by’ingabo za FARDC, maze M23 irabisenya ndetse kandi yigarurira n’inkengero zaho.

Nyamara kandi kuri uwo wa kabiri indi mirwano ikomeye yabereye i Kibumba muri teritware ya Nyiragongo. Uguhangana kwabaye hagati y’uruhande rwa M23 n’urw’ingabo za FARDC muri aka gace kegereye umujyi wa Goma kwari gukaze, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Kimweho muri iyi teritware ya Nyiragongo iherereye mu marembo y’umujyi wa Goma, amezi yaracyanyemo nta mirwano yongeye kuyivugwamo, ariko uduce twayo twatangiye kuyiberamo harimo na hitwa Muheto n’ahandi. Usibye imirwano hari n’uduce bivugwa ko abarwanyi ba M23 batangiye kugaragaramo, aho n’ejobundi byavuzwe ko binjiye muri Kibati, ndetse no muri Kirimanyoka no mutundi duce turi mu mwinjiro wa Goma nk’ahitwa Nyundo.

Ibyo bibaye mu gihe kuva mu mpera z’iki cyumweru kibanziriza iki cya Noel, umutwe wa M23 warwaye amakundura, kandi ugenda ufata uduce two muri teritware ya Lubero ku muvuduko uri hejuru cyane.

Kugeza ubu ku mirongo y’imbere y’urugamba impande zihanganye zirashamiranye, kandi mu bice byose.

Tags: FardcM23umuti
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burundi, Umunyamulenge yatewe icyuma munda.

Mu Burundi, Umunyamulenge yatewe icyuma munda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?