• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 5, 2025
in Regional Politics
0
M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni mu kiganiro umutwe wa M23 binyuze muri Grigadier General Byamungu yakoranye n’abaturage baturiye isantire ya teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ahar’ejo tariki ya 04/1/2025 ni bwo General Byamungu yakoze iki kiganiro nyuma y’uko ingabo yari ayoboye zo mu mutwe wa M23 zifashe zone ya Masisi yarizwiho kuba ari indiri ikomeye ya FDLR, ikaba kandi yari irimo na Wazalendo, ingabo z’u Burundi ndetse na FARDC.

Hari hashize iminsi itatu M23 ihanganye bikomeye n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta aho barwaniraga mu nkengero ziriya centre ya teritware ya Masisi.

Iryo hangana ryasize uriya mutwe wigaruriye uduce twinshi two muri iyi teritwari ya Masisi, turimo Gahongore, Gasura na Katale n’utundi.

Nyuma nibwo uyu mutwe ahagana ku mugoroba w’ahar’ejo wahise ufata na Centre, maze Brig.Gen Byamungu ahumuriza abaturage baturiye ako gace, ndetse abahishurira ko “gahunda ya M23 ari ukugera kure.”

Yagize ati: “Gahunda yacu ubu ni ukugera kure za Walikale naza Kisangani gukomeza n’ahandi.”

Biravugwa ko kuri ubu uruhande rwa Leta ruhagarariye mu duce tubiri two muri teritware ya Masisi aho iyi teritwari ihana umupaka na teritware ya Walikale, aka Rwashi na Nyabyondo.

Utu duce twombi FARDC n’abambari bayo bakirimo ni utwo muri teritware ya Masisi tubarizwa muri cheferie ya Bashali-Mukoto.

Hagataho impande zombi ziri kurebana ayingwe, nubwo muri iki gitondo ntaharavugwa imirwano.

Tags: CentreM23Masisi
Share55Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yageze i Doha mu gihe mu Burasirazuba bwa RDC bikaze.

Perezida Tshisekedi yageze i Doha mu gihe mu Burasirazuba bwa RDC bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?