• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kivu y’Epfo: FARDC yagabye igitero ku ngabo zayo zari zitorotse

minebwenews by minebwenews
January 7, 2025
in Regional Politics
0
Kivu y’Epfo: FARDC yagabye igitero ku ngabo zayo zari zitorotse
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kivu y’Epfo: FARDC yagabye igitero ku ngabo zayo zari zitorotse.

You might also like

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Mitamba ho muri grupema ya Bijombo muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, habaye gukozanyaho hagati ya basirikare ba Congo bari batorotse n’abari babakurikiye kubagarura, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahar’ejo tariki ya 06/1/2025 ahagana isaha z’igicamunsi ni bwo mu Mitamba humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi, amakuru akavuga ko rwari urw’amasasu yaraswaga hagati y’abasirikare bari bacitse n’abaje babakurikiye kugira ngo babagarure.

Nk’uko bivugwa aba basirikare batorokaga bava mu Minembwe bageze mu Mitamba, abasirikare bari ku Ndondo bahangurwa kubagarura niko kubakurikira maze haba guhangana hagati yabo.

Iri hangana ntiryafashe umwanya munini, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga; gusa abari batorotse bahise bakomeza inzira igana Uvira mu mujyi abandi nabo basubira mu birindiro byabo biri muri ibyo bice byo ku Ndondo ya Bijombo.

Minembwe.com yamenye ko ntawakomerekeye muri iryo rasana ryabaye kubasirikare bacitse n’abaje babakurikiye, kandi ntanuwahatakarije ubuzima ku mpande zombi.

Ibyo bibaye mu gihe byari byavuzwe ko abasirikare ba Congo bari gutoroka bava mu Minembwe, aho ni nyuma y’ibitero ingabo za FARDC n’abambari bazo bagabaga mu mihana y’Abanyamulenge iherereye mu Minembwe.

Ibyo bitero FARDC yabikoze mu minsi itatu ikurikirana, uwo ku itariki ya 25,26 na tariki ya 27 z’ukwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2024, usibye ko no ku itariki ya 28/11/2024 naho iz’i ngabo zo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe zagabye igitero gikaze mu Kalingi gisiga gihitanye abaturage barenga batatu Babanyamulenge.

Nyuma nibwo Twirwaneho yatangiye kwirwanaho bikaba byaraviriyemo abasirikare ba Leta bari muri ibyo bice gutoroka.

Tags: BatorotseFardc
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Abayobozi bashya muri FARDC batangiye inshingano.

RDC: Ibyatangajwe na Lt.Gen Pacifique Masunzu ntibivugwa rumwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?