• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 12, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi nyinshi zakiriwe mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
January 17, 2025
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi nyinshi zakiriwe mu Bibogobogo.
158
SHARES
3.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi nyinshi zakiriwe mu Bibogobogo.

You might also like

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Abasirikare b’u Burundi babarirwa mu magana bahurutse mu gace ka Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Bakaba bari baturutse mu nche z’umushyasha wa Uvira, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahagana mu ijoro ryo ku wa gatatu rishyira ku wa kane tariki ya 16/01/2025 ni bwo abasirikare benshi b’u Burundi bahurutse mu Bibogobogo.

Minembwe.com amakuru yizewe imaze kwakira avuga ko bariya basirikare bahitiye mu ikambi y’abasirikare ba FARDC iherereye muri aka gace, kandi bakirwa na Col. Alexis Ntagawa ukuriye iyo kambi.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko kuza kw’izo ngabo byateye abaturage ubwoba, ariko ko kugeza ubu bataramenya ikibagenza.

Ubwo aba basirikare b’u Burundi bageraga muri aka gace kandi, ariko bongera gusubirayo basize babwiye abaturage ko bari baje gushaka uwo bise umwanzi wabo, bavuga ko ari “Twirwaneho, M23 na Red-Tabara.”

Gusa nubwo mu mvugo y’aba basikare bahuje umutwe wa M23 na Red-Tabara, ariko isanzwe ari imitwe ibiri idahuye, kuko M23 igizwe n’Abanyekongo barwanira uburenganzira bwo kubaho kwabo muri RDC, naho Red-Tabara ni umutwe witwaje imbunda ugizwe n’Abarundi barwanya ubutegetsi bwa CNDD-FDD. Mu gihe Twirwaneho yo ari abaturage ba Banyamulenge birwanaho mu gihe bagabwaho ibitero bya Maï-Maï ku bufasha bw’ingabo za FARDC, nk’uko abagize ayo matsinda bagenda babisobanura.

Aba basirika b’u Burundi bageze muri aka gace mu gihe byari bigize iminsi bivugwa ko u Burundi bukomeje kohereza muri RDC abasirikare babwo, aho bamwe boherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru ku rwanya M23 abandi muri Kivu y’Amajy’epfo guhiga umutwe wa Red-Tabara urwanya leta y’iki gihugu cy’u Burundi.

Tags: abasirikareBibogobogoBurundi
Share63Tweet40Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails
Next Post
Havutse umwuka mubi hagati ya Leta ya Kinshasa n’umuryango wa Lumumba.

Havutse umwuka mubi hagati ya Leta ya Kinshasa n'umuryango wa Lumumba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?