• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’ikibuga cy’indege cya Goma byasabwe ko gifungurwa byihuse.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2025
in Regional Politics
0
M23 yafunze ikibuga cy’indege cya Goma.
165
SHARES
4.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’ikibuga cy’indege cya Goma byasabwe ko gifungurwa byihuse.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Umuryango w’Abibumbye wasabye umutwe wa M23 gufungura ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma, kuri ubu kigenzurwa n’uyu mutwe urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ni ubusabe umuryango w’Abibumbye wasabye ubinyujije mu muhuza bikorwa wayo ushyinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis.

Mu itangazo uyu muhuza bikorwa mu muryango w’Abibumbye yashyize hanze kuri uyu wa kabiri tariki ya 04/02/2025, risaba M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma byihuse, mu rwego rwo kugira ngo ubutabazi bugere ku baturage bahunze intambara.

Ahanini ubu butabazi n’i ubw’imiryango mpuzamahanga ishaka kugeza ubufasha kubahunze imirwano ishamiranyije umutwe wa M23 n’ingabo za Leta (FARDC).

Iri tangazo kandi rivuga ko imirwano yagize ingaruka zikomeye ku buzima bw’abantu, kandi ko kubera gufunga ikibuga cy’indege cya Goma bituma ibi bikorwa byo gufasha bibura inzira muburyo bwihuse.

Uyu muyobozi wo mu muryango w’Abibumbye, akomeza avuga ko ubuzima muri Goma busharira kubera ko imiryango mpuzamahanga idashobora kwita ku baturage.

Ariko nubwo uyu muyobozi avuga ibyo, nyamara kuva M23 yafata umujyi wa Goma, abaturage babonye aho barambika umusaya nta nkomyi, ndetse kandi ibintu bikaba byarongeye gusubira mu buryo, kuko ibikorwa by’ubucuruzi biri gukorwa neza ndetse n’ibindi bikorwa byo mubundi buzima busanzwe.

Abaturage nabo ubwabo bakaba bavuga ko baruhutse nyuma y’uko uyu mujyi utakibarizwamo FDLR, Wazalendo n’ingabo za FARDC zabanyagaga ibyabo.

Ikindi n’uko ikibuga cy’indege cya Goma cyakoreshwaga na FARDC, MONUSCO n’imiryango mpuzamahanga, n’ibigo by’ubucuruzi byiganjemo iby’amahanga bikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tariki ya 26/01/2025, ni bwo M23 yatangaje ko ifunze ikirere cy’iki kibuga cy’indege cya Goma kubera ko ingabo za FARDC n’imitwe bafatanyije zagikoreshaga zihanyuza imbunda zicisha abasivile.

Mu gihe tariki ya 28/01/2025, uyu mutwe wemeje ku mugaragaragaro ko wafashe iki kibuga cy’indege cya Goma.

Kurundi ruhande, kuva uyu mutwe wabohoza umujyi wa Goma amatangazo ntasiba awusaba gufungura iki kibuga cy’indege cya Goma.

Tags: GomaIkibuga cy'indegeM23
Share66Tweet41Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi haravugwa imirwano ikaze.

I Fizi haravugwa imirwano ikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?